Latest post

Imbuto z’ipapayi zishobora gufasha abagabo kuboneza urubyaro

Share this:

Muri iki gihe, kuboneza urubyaro ahanini hakoreshwa uburyo bwa kizungu aho dukoresha uburyo butari ubw”imisemburo cyangwa se ubw”imisemburo, ari na bwo bukoreshwa cyane dore ko buba bwizewe kurenza ubudakoresha imisemburo.   Ibi  yose iyo bikorwa bikorerwa ku bagore, keretse gufunga…

Share this:
Posted on

Ibyo kurya ugomba kwirinda niba wifuza kunanuka

Share this:

Kugabanya ibiro ntibiba byoroshye, cyane cyane noneho iyo ufite ibiro birengeje urugero. Ibiro birengeje urugero ni ikibazo gikomereye ubuzima, kuko biri ku isonga mu bitera indwara zikomeye nk’izibasira umutima, diyabete, kanseri, kwigunga n’izindi zibasira imikorere y’umubiri.   Kugabanya ibiro ukagera…

Share this:
Posted on

Dr Dre yategetswe kujya yishyura miliyoni 3.5$ buri mwaka umugore batandukanye nyuma y’imyaka 24

Share this:

Umuraperi w’Umunyamerika Dr Dre yategetswe n’urukiko rwa Los Angeles kujya yishyura uwahoze ari umugore we Nicole Young amadorali miliyoni 3.5 ku mwaka.   Hejuru y’ibyo kandi, uyu munyamuziki yategetswe kujya yishyura ibijyanye n’ikiguzi cy’ubuzima bwa Young, amazu aherereye mu gace…

Share this:
Posted on

Byatangiye ari intambara! Rayvanny na Paula mu munyenga w’urukundo mu maso ya nyina Kajala wanahawe akayabo n’uyu muhanzi

Share this:

Isi babayemo ntabwo ari aya hano hafi! Frida Kajala nyuma yo kuvumira ku gahera Rayvanny amushinja kumusindishiriza umwana akaboneraho kumusoma n’ibindi, asa n’uwamumweguriye kuko noneho bamuteretanira mu maso. Ibi byagaragariye mu isabukuru y’uyu mubyeyi wananyanyagijweho akayabo n’uyu muhanzi.   Ntawe…

Share this:
Posted on

Meddy akoze amateka atarakorwa n’undi muhanzi nyarwanda

Share this:

Umuhanzi Meddy yashimiye byimazeyo abakunzi be n’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri rusange nyuma yo guca agahigo katarakorwa n’undi muhanzi uwo ari we wese mu Rwanda   Indirimbo My Vow iri mu mitwe y’abakunzi b’umuziki kuva ikimara gusohoka mu ijoro ryo kuwa…

Share this:
Posted on

Guma mu rugo yashyizweho mu mugi wa Kigali no mu turere 8 yongerewe igihe

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi 5.   Ingamba ziheruka zari zafashwe kuwa 17 Nyakanga zigomba kumara iminsi icumi mu mujyi wa Kigali…

Share this:
Posted on

Apotre Gitwaza yahanuye ibintu bikomeye bigiye kuba ku mugabane wa Afurika

Share this:

Apôtre Dr Paul Gitwaza uyoboye Zion Temple Celebration Center ubwo yari mu giterane cya Afurika Haguruka tariki ya 18 Nyakanga 2021, yahanuye ko umugabane wa Afurika uzaba igihugu kimwe kizitwa Leta Zunze Ubumwe za Afurika, ndetse ikazajya igikoresha ururimi rumwe;…

Share this:
Posted on

Umugabo yatawe muri yombi ashubije umukozi we wo mu rugo iwabo kuko yanduye Covid-19

Share this:

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 24 Nyakanga 2021 yafatiye mu Karere ka Nyanza umugabo wari utwaye umukozi wo mu rugo mu modoka, amusubije iwabo kuko ngo yanduye icyorezo cya Covid-19. Uyu mugabo wari wipfutse mu isura no ku mubiri…

Share this:
Posted on

RDF yifashe ku bijyanye n’imibare y’abaguye mu irasana ryayihuje n’inyeshyamba muri Mozambique

Share this:

Igisirikare cy’ u Rwanda, Rwanda Defence Forces (RDF), cyemeje ko koko cyahanganye n’inyeshyamba muri Mozambique gusa cyirinze kuvuga ku mibare y’abaguye muri iyo mirwano.   Kuwa 9 na 10 Nyakanga u Rwanda rwohereje abasirikare bagera ku gihumbi kugira ngo bahashye…

Share this:
Posted on

Sobanukirwa uko kudahuza ubwoko bw’amaraso bishobora gutuma abashakanye babura urubyaro burundu n’icyo wakwitondera mbere yo gushaka

Share this:

Mu turemangingo dufasha mu bwirinzi, habonekamo utwo mu bwoko bwa poroteyine tuzwi nka D (D antigen). Utwo rero nitwo twahawe izina rya Rhesus bitewe n’uko uwatuvumbuye bwa mbere yatuvumbuye mu maraso y’inguge yo mu bwoko bwa Rhesus (rhesus macaque) iyi…

Share this:
Posted on