Latest post

Zimbabwe irarebana ay’ingwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika bipfa inkingo za Covid-19

Share this:

Umwuka si mwiza hagati ya Guverinoma ya Zimbabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bitewe n’inkingo z’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo hagati y’ibihugu byombi byatutumbye ubwo Ambasade ya USA yashakaga guha ishyaka MDC Alliance ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe inkingo…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umugore yishe abana be 2 kugirango abashe kubana n’umugabo bahuriye kuri facebook

Share this:

Umugore witwa Ngum Hilda w’imyaka 26 ukomoka mu gihugu cya Cameroon yakoze amahano yica abana be 2 yibyariye kugira ngo abashe gushyingiranwa n’umugabo bahuriye ku rubuga rwa Facebook.   Uyu mugore yakundanye n’uyu mugabo bahuriye kuri Facebook hanyuma amwemerera ko…

Share this:
Posted on

Gicumbi: Padiri yatunguranye arambika ikanzu hasi asezera ubupadiri ngo ajye kwishakira umugore

Share this:

Padiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.   Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byumba, Nzakamwita Servilien, ku…

Share this:
Posted on

Ifoto ya Sylvester Stallone uzwi nka “Rambo” n’abakobwa be yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Share this:

Umukinnyi wa Filimi Slyvester Stallone wamenyekanye muri filimi nka Rocky,Rambo na The Expendables,yashyize hanze ifoto ari kumwe n’abakobwa be 3 yatumye benshi bacika ururondogoro.   Uyu mukinnyi uzwi cyane muri filimi z’intambara,ntabwo akunze gushyira hanze amafoto y’umuryango we ariko kuri…

Share this:
Posted on

Yakinnye iminota 90 atarakoza ku mupira. Reba uduhigo dutangaje ku bakinnyi n’amakipe y’ibigugu mu mupira w’amaguru

Share this:

Thomas Langu Sweswe,ni umunya Zimbabwe wakinnye nka myugariro mu makipe nka Manning Rangers, Kaizer Chiefs, Bidvest Wits na Black Leopards zo muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo yanakiniye Highlanders, Dynamos na ZPC Kariba zo muri Zimbabwe, mbere yo gusezera ku mupira…

Share this:
Posted on

Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagiye kongera guhura

Share this:

Rutahizamu Cristiano Ronaldo na mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka myinshi bayoboye umupira ku isi bagiye kongera guhurira mu mukino wa gicuti amakipe yombi azakina.   Barcelona izakira Juventus mu mukino wa gicuti uteganyijwe mu kwezi gutaha ari nabwo aba…

Share this:
Posted on

Perezida Macro yafashe icyemezo cyo guhindura telefoni na sim card kubera Pegasus

Share this:

Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa Emmanuel Macon yihutiye guhindura telefone ye igendanwa na nimero akoresha nyuma y’aho abonye amakuru amubwira ko iyo yari afite yatewe na applicationyo kuneka yakorewe muri Israel, izwi ku izina rya Pegasus.   Ibiro by’umukuru w’igihugu byatangaje ko…

Share this:
Posted on

Ihutire kwisuzumisha virus itera SIDA niba ubonye kimwe muri ibi bimenyetso

Share this:

Ubwandu bwa virusi ya HIV cg SIDA ni indwara udashobora gupimisha ijisho cg ngo urebe umuntu uyimuboneho cyereka kwa muganga honyine nyuma yo gusuzumwa.   Uburyo bwizewe bwo kwirinda ubu bwandu ni ukwifata, kudacana inyuma ku bashakanye cg se byose…

Share this:
Posted on

Min. W’intebe wa Uganda yavuze ko agiye kwishinganisha kuri Perezida nyuma y’uko hari umuntu wamuteye ubwoba

Share this:

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho hari umuntu atavuga amazina bwavanye i Kampala, akajya iwe Kakumiro gutanga ubutumbwa bwo kumutera ubwoba.   Kuwa Gatanu, mu kiganiro n’abanyamakuru, Nabbanja yavuze ko ”…

Share this:
Posted on

Dore uburyo bwiza bwo kuryamamo ibyiza n’ibibi byabwo ndetse n’ubwo ukwiye gucikaho burundu

Share this:

Ibijyanye no kuryama usanga bitavugwaho rumwe, bamwe bakavuga bimwe abandi ibindi ku byerekeranye n’uburyo bwiza bwo kuryamamo.   Mu kuryama usanga bamwe baryama bubitse inda abandi bakaryama bagaramye naho abandi (ari nabo benshi) bakaryamira urubavu, rwaba urw’iburyo cyangwa se ibumoso….

Share this:
Posted on