Umuhanzikazi w’uburanga yiyemeje kubona umugabo mu minsi 7 gusa. Reba uburyo butangaje yahisemo gukoresha
Umuhanzikazi w’uburanga wanamamaye mu gukina filime, kumurika imideri n’ibindi, yafashe urugendo ava iwe yerekeza mu Majyepfo ya Nigeria ahishura ko agiye kuhamara icyumweru ashakisha umugabo. Uriel Ngozi Oputa, ukomoka muri Nigeria akaba yararyubatse mu gukina ama filime, gukora umuziki,…
Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yasinyishije abandi bakinnyi 3 bashya
Nyuma yo guha amasezerano umutoza mushya Masudi Djuma, Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kwiyubaka bushya mu buryo bweruye, aho yasinyishije abakinnyi batatu bashya barimo Mugisha François wayikiniye mu myaka yatambutse na myugariro Muvandimwe JMV wakiniraga Police FC. Ku wa…
Umunyamideri n’umukinnyi ukomeye wa Cinema muri Ghana, Moesha ufatwa nka Kim Kardashian yamaze gutakaza ibye byose kubera urusengero
Icyo icyamamare mu kwerekana imideli no gukina filimi muri Ghana, Moesha, yaba yarakorewe n’urusengero gikomeje kuyoberana muri bagenzi be. Umunyagambiyakazi Princess Shyngle wamamaye muri filimi yaba mu kuzikina no kuzitunganya, yagarutse k’ubuzima butangaje bw’inshuti ye magara umunyamidelikazi n’umukinnyi wa…
Imimaro 9 ikomeye y’igitunguru gitukura harimo no kuvura indwa zo mu buhumekero. Numenya ibi ntuzongera kurara utakiriye
Igitunguru gitukura tugikoresha kenshi nk’ikirungo, tugiye gukaranga se, no ku ifiriti cyangwa salade. Ibiryo kirimo wumva bihumura neza. Gusa igitunguru gitukura kandi ni umuti w’indwara nyinshi zo mu buhumekero. Ese igitunguru cyaba ari umuti? Yego nibyo kuko gikize kuri…
Ibintu 5 bitangaje bizakubaho nutangira kunywa amazi buri gitondo ukibyuka
Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo…
Umugi wa Kigali ugiye gutangira gupimira abantu mu tugali batuyemo igikorwa gitangira kuri uyu wa Gatandatu
Kuva kuri uyu wa Gatandatu kugeza ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga, mu Mujyi wa Kigali haratangira gupimwa COVID-19 mu Tugari twose. RBC ivuga ko iki gikorwa kizafasha kumenya uko iki cyorezo gihagaze. Ku munsi w’ejo, Dr. Ngamije Daniel yabwiye…
Kenya: Umupolisikazi wahigwaga aregwa kwica bamusanze yapfuye
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw’ababyeyi be. George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara ya Elgeyo Marakwet yavuze ko Caroline Kangogo yari yaragiye mu rugo rw’ababyeyi be muri…
Gaby Kamanzi w’imyaka 40 avuga ko arambiwe abamushyira ku gitutu cyo gushaka umugabo ndetse n’abagabo bamwoherereza ubutumwa bamureshya
Umuhanzi Gaby Kamanzi uri mu bakunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda yavuze ko arambiwe abantu bahora bamushyiraho igitutu cyo gushaka ndetse n’abagabo bahora bamwoherereza ubutumwa bumusaba urukundo. Ubwo yari mu kiganiro kuri KT Radio,…
Abanyeshuri Bashinjwa Kwandika ‘RIP’ Ku Ifoto Ya Perezida Kagame Baburanishijwe Bwa Mbere
Abanyeshuri bane bo mu ishuri rya Kabgayi A ryo mu Karere ka Muhanga, bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo igishingiye ku kuba baranditse ijambo RIP ku ifoto ya Perezida Paul Kagame, bamwe bafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo undi umwe ararekurwa. Aba…
Yifashishije Ifoto, The Ben yaciye amarenga y’ubukwe bwe na Miss Pamella – AMAFOTO
“Munsuhurize umufasha wange”. Mu ijambo ryuje ubwenge rinaca amarenga y’urwo yihebeye umukunzi we, The Ben yongeye kwerekana urwo akunda Miss Pamella amwita umufasha we maze bitungura abatari bake bamukurikira umunsi ku munsi ku mbuga nkoranyambaga. Abinyujije kuri…