Latest post

Sergio Ramos yatangaje umukinnyi watumye yerekeza muri Paris Saint-Germain

Share this:

Myugariro Sergio Ramos wari umaze imyaka 16 muri Real Madrid ariko akaba yerekeje muri Paris Saint-Germain,yavuze ko Neymar Jr ariwe wagize uruhare runini rwo kwerekeza muri iyi kipe yo mu Bufaransa.   Ramos yavuze ko gushidikanya kose yari afite kuri…

Share this:
Posted on

Diamond yaguze Imodoka iri mu zihenze Za mbere ku Isi[AMAFOTO]

Share this:

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga asaga miliyoni 330 Frw.   Uyu muhanzi usanzwe akunda imodoka…

Share this:
Posted on

Uganda yaciye amarenga ko imipaka yayo n’u Rwanda ishobora gufungurwa vuba

Share this:

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ububanyi n’amahanga, Henry Okello Oryem yatanze icyizere ko imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda ifungurwa mu gihe cya vuba. Minisitiri Okello yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Xinhua News, ku murongo wa telefone, ubwo yabazwaga…

Share this:
Posted on

60% by’abandura COVID19 mu Rwanda baba bafite virus nshya ya Delta ibica amarenga ko ibihe bibi bishobora kuba biri imbere kurusha ibyatambutse- Dr Mpunga

Share this:

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt Col Dr. Tharcisse Mpunga avuga ko ibipimo bifatwa bigaragaraza ko 60% baba baranduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwiswe Delta.   Mu makuru ya Radiyo Rwanda, muganga Mpunga yavuze ko ” ibipimo bifitwa bigaragaza…

Share this:
Posted on

Eddy Kenzo ’yateye inda’ umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda

Share this:

Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda umukobwa wa nyiri Azam witwa Bellinda Myra Bhakresa bakundanye muri iki gihe.    Amakuru ava mu nshuti za hafi za Myra, uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo….

Share this:
Posted on

Jali: Umugabo Yasanzwe Amanitse Mu Giti Yapfuye

Share this:

Umugabo witwa Mpamira Marcel mu rukerera rwo kuri uyu wa 14 Nyakanga yasanzwe mu giti yapfiriye mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo.   Aya makuru akaba yamenyekanye ubwo abakorana na nyakwigendera bakomeje kumushaka ku murongo wa telefoni ngendanwa bakamubura,…

Share this:
Posted on

Mike Karangwa yamaze kurega Murindahabi Irene ashinja kumwandagaza agamije inyungu ze bwite yitwaje ikibazo yagiranye n’abahanzi Vestine & Dorcas

Share this:

Umunyamakuru Mike Karangwa yashyize hanze ukuri kwe ku kibazo cye na mugenzi we Murindahabi Irene wamushinje kuba mu mugambi wo gushaka kumutandukanya n’itsinda ry’abahanzi, Vestine & Dorcas, binyuze ku babyeyi babo. . Mike Karangwa yareze Murindahabi Irene . Ikibazo cya…

Share this:
Posted on

Ntibisanzwe: Yasoje icyiciro cya 2 cya Kaminuza ku myaka 11 gusa aba uwa 2 uciye aka gahigo. Byinshi kuri Lauren Simons ufite intego yo gutsinda urupfu

Share this:

Lauren Simons ku myaka 11 yaciye agahigo ahita ajya ku mwanya wa 2 mu basoje icyiciro cya kabiri cya Kaminuza ari bato cyane, akaba yasoje mu ishami ry’ubugenge. Icyifuzo cye ni ukuzavumbura icyatuma umuntu abaho iteka.   . Yaciye agahigo…

Share this:
Posted on

Gianluigi Donnarumma yahishuye impamvu itangaje atishimiye gukuramo penaliti ya Saka yahesheje intsinzi Ubutariyani

Share this:

Umunyezamu Gianluigi Donnarumma wabaye umukinnyi w’irushanwa rya EURO 2020 yavuze ko nyuma yo gukuramo penaliti ya Bukayo Saka atigeze yishima kubera ko atari azi ko batsinze. Gianluigi Donnarumma yavuze ko ubwo yari akuyemo iyi penaliti y’intsinzi,yari aziko bakomeza gutera izindi,gusa…

Share this:
Posted on

Tiffah umukobwa wa Diamond yari agiye kumena ibanga ry’urukundo rwa Diamond na Zari muri iki gihe

Share this:

Zari Hassan ntabwo yaretse umukobwa we yabyaranye na Diamond, Tiffah arangiza kuvuga iby’urukundo rwe na Diamond, aho yahise amuca mu ijambo avuga ko ari akabeshyi k’akana. Uyu mugore wibera muri Afurika y’Epfo, yashyize kuri Instagram y’uyu mwana amashusho atandukanye ye…

Share this:
Posted on