Latest post

Basketball: Kapiteni w’Amavubi y’abagore akomeje guca ibintu nyuma y’uko yambitswe impeta n’uwo bahuje igitsina

Kapiteni w’ikipe y’u Rwanda y’abagore ikina Basketball, Tierra Monay Henderson aherutse kwambikwa impeta n’umukunzi we w’umukobwa witwa Amanda Thompson wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Iyi nkuru Kapiteni Monay yayitangarije ku rubuga rwa Instagram tariki ya 21 Gicurasi…

Posted on

Polisi y’u Rwanda yifashishije Drake ikangurira kutadohoka ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19

Police y’u Rwanda yifashishije amafoto abiri y’umuraperi w’Umunya-Canada, Drake mu gukangurira buri wese kutadohoka ku mabwiriza agamije kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyakajije umurego mu Rwanda kuva muri Kamena 2021.   Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nyakanga 2021, Polisi y’u…

Posted on

Nigeria: Abajura bahanuye indege y’igisirikare mu buryo bw’imbonekarimwe

Abajura bo muri Nigeria bahanuye indege y’igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere, mu buryo bw’imbonekarimwe aho indege ya gisirikare ihanuwe n’itsinda ry’abajura.   Igisirikare cya Nigeria kirwanira mu kirere cyavuze ko umupilote w’iyo ndege yari amaze gusoza igitero ku bashimusi…

Posted on

U Rwanda rurashinjwa kumviriza telefoni z’abantu hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ibirego u Rwanda ruhahakana rwivuye inyuma. Bamwe mu bavugwa harimo Mende wo muri RDC ndetse na Carine Rusesabagina

Nyuma y’amakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone z’abantu mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime…

Posted on
Uncategorized

Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc

Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika.   Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu…

Posted on

Capucine ni ururabo rwiza ariko ikaba n’umuti w’indwara nyinshi zikunze kwibasira abantu cyane. Menya indwara ivura n’uko wayikoresha

Tujya tuyibona cyangwa natwe tukayitera mu busitani. Nyamara capucine (soma kapusine) ifitiye umumaro ubuzima bwacu. Uyu ni umwe mu miti gakondo ikoreshwa kuva kera cyane kubera akamaro kayo mu kuvura indwara zinyuranye cyane cyane izo mu myanya y’ubuhumekero.   Akamaro…

Posted on

Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze muri 2021

  Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze…

Posted on

RIB yataye muri yombi umuyobozi ushinzwe imyubakire mu mugi wa Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo…

Posted on

Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wanduye ubwoko bushya bwa covid-19 yiswe Delta

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyashyize hanze ibimenyetso bishobora kwereka umuntu ko yanduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwitwa Delta.   RBC ivuga ko ibyo bimenyetso ari: Gucibwamo ▪︎Isesemi no kuruka ▪︎Kubabara imikaya ▪︎Kubabara cyane umutwe ▪︎Gucika intege ▪︎Ibicurane ▪︎Kumagara mu…

Posted on

Nyagatare: Umunyamakuru wa Flash FM yakubiswe na mudugudu n’insoresore ze ajya ku bitaro nyamara yari amwitabaje ngo amurenganure

Umunyamakuru wa Radiyo Flash FM, Charles Ntirenyanya, aravuga ko yakubiswe n’Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo mu Murenge wa Karangazi. Ntirenganya avuga ko yakubiswe na Mudugudu Sam, mu gatuza, nk’uko yatangarije BWIZA dukesha iyi nkuru avuga ko yakubiswe ahagana…

Posted on