Latest post

RDC: Umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023 urakataje ariko utuma hatutumba umwuka mubi hagati y’uyu mugabo n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite…

Posted on

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi muri 2021 ruyobowe na Iceland

U Rwanda rwaje ku mwanya wa 83 ku rutonde rw’ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku isi. Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi…

Posted on

Bishop yirukanye abapasiteri 40 abahora kwinjiriza itorero amafaranga make

Bishop David Oyedepo washinze itorero rya Living Faith Church muri Nigeria yirukanye abapasiteri bari bayoboye amashami 40, abahora kwinjiriza iri torero amafaranga make. Nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru Pulse, iyirukanwa ry’aba bapasiteri ryahishuwe n’umwe muri bo witwa Peter Godwin wakoraga iyi nshingano…

Posted on

Kwiyiriza kuri Arafah bituma Allah akubabarira ibyaha by’imyaka 2: Sobanukirwa uyu munsi w’igisibo muri Islam wizihijwe kuri uyu wa Mbere

Umufasha w’intumwa y’Imana Muhammad, Aisha yemeje ibyo yabwiwe ku migisha ikomeye yo gusiba ku munsi wa Arafah. Avuga ibyo yabwiwe n’Intumwa y’Imana imwerurira ko nta gihe kibaho Allah avana abantu benshi mu muriro nko ku munsi w’igisibo cya Arafah.  …

Posted on

Miss Muyango aritegura kwibaruka imfura ye

Miss Muyango Claudine ari kwitegura kwibaruka imfura ye na Kimenyi Yves ukinira Kiyovu Sport bamaze igihe bakundana ndetse wamaze no kumwambika impeta y’urukundo.   Amakuru yo gutwita k’uyu mukobwa si mashya mu matwi y’abakurikiranira hafi ubuzima bw’ibyamamare mu Rwanda, ariko…

Posted on

Kamichi yatunguwe no kubwirwa ko indirimbo aherutse gushyira hanze “Summer vibes” atari iye ndetse igakurwa ku rubuga rwa Youtube

Umuhanzi Kamichi yatunguwe no gusanga urubuga rwa Youtube rwamwandikiye rumubwira ko rwafashe umwanzuro wo gukuraho amashusho y’indirimbo ye yise ‘Summer Vibes’ aherutse gusohora.   Uwitwa Shema Christian yandikiye Youtube avuga ko indirimbo ‘Summer Vibes’ ari iye, bituma uru rubuga rufata…

Posted on

Umusirikare yarasiye umukunzi we ku karubanda amuhora kwanga kuvuga YEGO ubwo yamutereraga ivi

Ni kenshi humvikana abantu babengewe ku karubanda, ibintu bishobora gutuma umwe atekereza nabi cyane iyo hari amafaranga yagutanzeho nk’uko umusirikare wo muri Nigeria yaruhiye umukobwa yakundaga akamuha amafaranga menshi azi ko bazabana bikarangira amurashe.   Mu nkuru zibabaje ziri kuvugwa…

Posted on

Rwanda: 3.8% by’abapimwe Covid-19 mu minsi 2 ishize basanganwe Covid-19. Uko imibare ihagaze muri buri Karere

Mu Rwanda mu minsi ibiri ishize hafashwe ibipimo byinshi bya Covid-19 cyane cyane mu mujyi wa Kigali, ubu birerekana ko hafi 4% by’abapimwe banduye iki cyorezo.   Umurwa mukuru Kigali n’utundi turere umunani uyu munsi batangiye umunsi wa gatatu mu…

Posted on

Umuyobozi wa Rayon Sports yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga n’ubufatanye

Uwayezu Jean Fidele yafashe rutemikirere yerekeza muri Maroc gushaka amafaranga no gutsura ubufatanye n’ikipe ya Casablanca.   Kuri iki gicamunsi tariki 18 Nyakanga 2021 ni bwo umuyobozi wa Rayon Sport yafashe indege yerekeje mu guhugu cya Maroc mu ruzindiko rw’iminsi…

Posted on
Uncategorized

Leta yatangiye guha ibiribwa imwe mu miryango itabona ibyokurya kubera Guma mu rugo

Kuri iki Cyumweru, Guverinoma yatangiye gutanga ibiribwa ku miryango ibona icyo kurya ari uko yakoze mu rwego rwo kuyunganira muri iki gihe Umujyi wa Kigali n’uturere 8 biri gahunda ya Guma mu Rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19….

Posted on