Latest post

Perezida Museveni yahaye umwanya ukomeye mu butegetsi umukwe we – Odrek Rwabwogo

Share this:

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagize Odrek Rwabwogo usanzwe ari umukwe we umujyanama we mukuru ushinzwe inshingano zihariye. Perezida Museveni mu itangazo yasohoye yavuze ko guha Rwabwogo ziriya nshingano n’abandi batandukanye yabishingiye ku bubasha ahabwa n’ingingo ya 99 n’iya…

Share this:
Posted on

Abantu Bongeye Kuzura Muri Gare Ya Nyabugogo Bashaka Guhunga Guma Mu Rugo Yo Mu Mugi Wa Kigali – AMAFOTO

Share this:

Nyuma y’aho Inama y’abaminisitiri isubije muri Guma mu rugo kubera ubwiyongere bukabije bwa Covid-19, abantu benshi babyukiye muri gare ya Nyabugogo kugira ngo batahe hirya no hino.   Ishusho y’Umunsi wa mbere wa Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali…

Share this:
Posted on

Perezida Samia wa Tanzania yasuye u Burundi

Share this:

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yageze mu Burundi kuri uyu wa gatanu mu rugendo rw’iminsi ibiri, urugendo rwari rwitezwe cyane muri iki gihugu.   Kuva ageze ku butegetsi, Madamu Samia Suluhu amaze kugenderera ibihugu bya Uganda na Kenya, anitabira…

Share this:
Posted on

Masudi Irambona Djuma yongeye kugirwa umutoza wa Rayon Sports – AMAFOTO

Share this:

Umurundi Massoud Irambona Djuma yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports FC mu myaka 2 iri mbere aho ayigarutsemo nyuma yo kuyivamo mu mwaka wa 2017 ayihesheje igikombe cya shampiyona.   Nyuma y’imyaka 4 avuye muri Rayon Sports FC yatwayemo igikombe…

Share this:
Posted on

Leta Izagaburira Imiryango Ibihumbi 210 Muri Guma Mu Rugo//Hari Abahitanwe Na Covid-19 Barakingiwe

Share this:

Kuri uyu wa Kane,habaye ikiganiro n’abanyamakuru cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi JMV,Minisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda,Habyarimana Beata,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima,Dr.Mpunga Tharcisse n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera.   Minisitiri muri MINALOC,Gatabazi JMV yavuze ko…

Share this:
Posted on

Sergio Ramos yatangaje umukinnyi watumye yerekeza muri Paris Saint-Germain

Share this:

Myugariro Sergio Ramos wari umaze imyaka 16 muri Real Madrid ariko akaba yerekeje muri Paris Saint-Germain,yavuze ko Neymar Jr ariwe wagize uruhare runini rwo kwerekeza muri iyi kipe yo mu Bufaransa.   Ramos yavuze ko gushidikanya kose yari afite kuri…

Share this:
Posted on

Diamond yaguze Imodoka iri mu zihenze Za mbere ku Isi[AMAFOTO]

Share this:

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania,yaguze imwe my modoka zihenze cyane ku Isi yo mubwoko bwa Rolls-Royce Cullinan”yahoraga yifuza kuva mu bwana bwe ku kayabo ka 330.000$ni ukuvuga asaga miliyoni 330 Frw.   Uyu muhanzi usanzwe akunda imodoka…

Share this:
Posted on

Uganda yaciye amarenga ko imipaka yayo n’u Rwanda ishobora gufungurwa vuba

Share this:

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe ububanyi n’amahanga, Henry Okello Oryem yatanze icyizere ko imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda ifungurwa mu gihe cya vuba. Minisitiri Okello yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Xinhua News, ku murongo wa telefone, ubwo yabazwaga…

Share this:
Posted on

60% by’abandura COVID19 mu Rwanda baba bafite virus nshya ya Delta ibica amarenga ko ibihe bibi bishobora kuba biri imbere kurusha ibyatambutse- Dr Mpunga

Share this:

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt Col Dr. Tharcisse Mpunga avuga ko ibipimo bifatwa bigaragaraza ko 60% baba baranduye ubwoko bushya bwa Coronavirus bwiswe Delta.   Mu makuru ya Radiyo Rwanda, muganga Mpunga yavuze ko ” ibipimo bifitwa bigaragaza…

Share this:
Posted on

Eddy Kenzo ’yateye inda’ umukobwa w’umuherwe ukorera mu Rwanda

Share this:

Hari amakuru ko umuhanzi Eddy Kenzo yamaze gutera inda umukobwa wa nyiri Azam witwa Bellinda Myra Bhakresa bakundanye muri iki gihe.    Amakuru ava mu nshuti za hafi za Myra, uyu atwite inda y’amezi atanu, akaba yiteguye kubyarira Eddy Kenzo….

Share this:
Posted on