Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana
Umunya-Serbia Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino. APR FC ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko iratangaza umutoza vuba aho amakuru yahise ahwihwiswa ko ari uyu munya Libya….
Umukinnyi Rayon Sports yifuzaga cyane yayiciye mu myanya y’intoki kubera kwikopesha
Ikipe ya Mukura Victory Sports yateye Rayon Sports gapapu ikomeye ku murundi witwa Fred Niyonizeye, wari wumvikanye byose na Murera ariko ikamusaba ideni. Miliyoni 17 FRW nizo Rayon Sports yifuzaga guha uyu mukinnyi ariko mu byiciro, mugihe uyu musore yemereye…
M23 yashyizeho abayobozi ba Diaspora yayo
Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu Banyekongo bo muri Diyasipora,uwo akaba ari Manzi Willy. Ibi byatangaje kuri uyu wa Mbere, tariki 10 Kamena 2024,mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa. Iri tangazo…
Visi Perezida wa malawi yahitanwe n’impanuka y’indege
Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yavuze ko Visi Perezida Saulos Chilima n’abagenzi bose bari bari kumwe mu ndege ya gisirikare yari yabuze kuva ku wa mbere “bapfuye icyikubita hasi”. Yavuze ko ibisigazwa by’iyo ndege byasanzwe hafi y’umusozi “byashwanyaguritse burundu”, nta…
Umwana w’umukobwa yaroze abanyeshyuri bagenzi be my isosi n’umuceri
Abanyeshuri 8 biga mu ishuri ribanza rya Matoranhembe mu gihugu cya Zimbabwe mu gace ka Mashonalanda, barwariye mu bitaro, aho barembejwe no kuruka cyane, nyuma yo gushinja mugenzi wabo bitaga inshuti magara, nyuma yo kubarogesha umuceri, n’isosi yari yakuye iwabo…
Kanseri yo mu muhogo yica vuba, Irinde ibi bintu bitatu kugirango urokore ubuzima bwawe
Kanseri yo mu muhogo ni indwara ikomeye cyane kandi ishobora guhitana ubuzima, bisaba kwisuzumisha no kuvurwa vuba. N’ubwo hari ibintu bitandukanye bishobora gutera kanseri yo mu muhogo, hari ibintu bitatu by’ingenzi abantu bashobora kwirinda kugira ngo bagabanye ibyago byabo kandi…
Umuyisilamu yiyahuriye mu rugendo rutagatifu i Maka
Umunya Nigeria ukomoka muri Leta ya Kwara, Hajia Hawawu Mohammed, bivugwa ko yiyahuriye muri Saudi Arabia,agye mu rugendo rutagatifu i Maka. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe ingendo z’abayisilamu muri Leta ya Kwara, Abdulsalam Abdulkadir, yatangaje ko ibi byabaye ku cyumweru,…
Bakorewe ibirori byo gusoza amasomo nyuma y’imyaka 50 bisubitswe
Imyaka 50 nyuma yuko kuburira ko inkubi y’umuyaga ukaze wa serwakira yari igiye kwaduka, bigatuma haburizwamo bitunguranye ibirori byo gusoza amasomo by’abanyeshuri bo ku ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Moore muri leta ya Oklahoma, muri Amerika, abo banyeshuri barangije…
Umugore wari waburiwe irengero bamusanze mu nda y’uruziramire
Umugore witwa Farida wo muri Indonesia yaburiwe irengero ubwo yari agiye gucuruza ariko abagize umuryango we bagategereza ko ataha bagaheba, byatumye bashakisha birangira babonye uruziramire barusatuye bamusangamo. Abaturage bo mu gace Farida atuyemo, babonye uru ruziramire rufite inda nini barayisatura…
RDC: Leta ya Kinshasa yamaganye igitero cya ADF giherutse guhitana benshi
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igitero cy’umutwe w’inyeshyamba wa ADF cyabaye ku wa gatanu i Beni mu ntara ya Kivu ya Ruguru, cyiciwemo abantu 41. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa mbere ku rubuga nkoranyambaga X, leta…