Latest post

Abasore: Dore ibintu 10 byakwereka umukobwa w’umutima muzarushinga rugakomera

Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima bw’umuntu nkuko bavuga ngo urugo rwiza n’ijuru rito hari ibintu by’ingenzi bishobora kugufasha kumenya niba umukobwa mukundana ashobora kuvamo umugore mwiza. Dore imyitwarire 10 iranga umukobwa w’umutima…

Posted on

Rubavu: Umugabo yishe umugore we arangije akora ibintu byatunguye benshi

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, mu Kagari ka Gisa mu Mudugudu wa Gisa, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyomukesha Evariste w’imyaka 42 bikekwa ko yishe umugore we witwa Mukeshimana Claudine. Uyu mugabo ukekwaho kwica umugore we ngo yari…

Posted on

Ubukwe bwapfuye ku munota wa nyuma ndetse RIB ifunnga abageni bari bagiye kubana abantu bagwa mu kantu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abageni bari baje mu bukwe, aribo Ntibaziyaremye Daniel w’imyaka 48 na Uzayisenga w’imyaka 29 ubwo bari bari mu muhango wo gusaba no gukwa, bakurikiranyweho icyaha cy’ubuharike kuko umugabo yari yarasezeranye mu mategeko n’undi…

Posted on

Nuwapfuye yasabiwe igihano cy’urupfu. Uko urubanza rw’abashinjwa gushaka gurika Tshisekedi rwagenze

Kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024 abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo, aho basabiwe urwo gupfa.    Ni urubanza rw’abantu bagera kuri 53…

Posted on

Nyuma yuko atemerewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame

Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane…

Posted on

Senateri Evode yanenze ibyapa byo ku mihanda anagaruka kuri camera zihishwa

Senateri Uwizeyimana Evode avuga ko ibyaoa bigena umuvuduko w’ibinyabiziga ku mihanda mu Rwanda byashyizweho nabi ndetse bikwiye gukosoka bituma Minisitiri w’Intebe amwemerera ko bagiye gusuzuma iki kibazo. Ibi yabitangarije mu nteko ishinga amategeko ubwo bari bakiriye Minisitiri w’Intebe wabagezagaho raporo…

Posted on

Putin yahishuye uko bagiye kwihimura ku banyaburayi na Amerika baherutse kwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu cye gishobora guha intwaro ibihugu hagamijwe kurasa ku hantu ho mu bihugu byo mu burengerazuba bw’isi. Putin yabitangaje ubwo yanengaga ko uburengerazuba bwahaye Ukraine intwaro zirasa mu ntera ndende. Ibihugu byinshi birimo n’Amerika…

Posted on

Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko ukundana n’umusore w’ikigwari

Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya. Ijambo ikigwari rikoreshwa mu kugaragaza uwananiwe kuba intore no kwesa imihigo abigizemo uruhare, kubera kubura indangagaciro…

Posted on

Wari uzi ko kuruma umunwa wo hasi ari ikimenyetso gikomeye cy’ihungabana? Sobanukirwa

Umunwa ni inyama yoroshye cyane ku mubiri wa muntu benshi bakaba bagira akamenyero ko kuwuruma mu buryo batazi, nyamara bihuye cyane n’ibyo bari gucamo. Kuruma umunwa bishobora kuba ingeso ishobora kwitwa indwara bitewe no kubikora cyane bikagira ingaruka mu buryo…

Posted on

Inyeshyamba zo muri Centrafrique zikomeje kwisuka muri RDC

Inyeshyamba zo muri santrafurika zikomeje kwisuka ku bwinshi mu turere twa Ango na Bondo, mu ntara ya Bas-Uele, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa RDC. Iyi mpuruza yatanzwe n’umuyobozi wa teritwari ya Ango,Marcelin Mazale Lekabusiya, wavuze ko hashize ibyumweru bibiri izi…

Posted on