Latest post

Nyuma yuko atemerewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame

Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane…

Posted on

Senateri Evode yanenze ibyapa byo ku mihanda anagaruka kuri camera zihishwa

Senateri Uwizeyimana Evode avuga ko ibyaoa bigena umuvuduko w’ibinyabiziga ku mihanda mu Rwanda byashyizweho nabi ndetse bikwiye gukosoka bituma Minisitiri w’Intebe amwemerera ko bagiye gusuzuma iki kibazo. Ibi yabitangarije mu nteko ishinga amategeko ubwo bari bakiriye Minisitiri w’Intebe wabagezagaho raporo…

Posted on

Putin yahishuye uko bagiye kwihimura ku banyaburayi na Amerika baherutse kwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya

Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu cye gishobora guha intwaro ibihugu hagamijwe kurasa ku hantu ho mu bihugu byo mu burengerazuba bw’isi. Putin yabitangaje ubwo yanengaga ko uburengerazuba bwahaye Ukraine intwaro zirasa mu ntera ndende. Ibihugu byinshi birimo n’Amerika…

Posted on

Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko ukundana n’umusore w’ikigwari

Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya. Ijambo ikigwari rikoreshwa mu kugaragaza uwananiwe kuba intore no kwesa imihigo abigizemo uruhare, kubera kubura indangagaciro…

Posted on

Wari uzi ko kuruma umunwa wo hasi ari ikimenyetso gikomeye cy’ihungabana? Sobanukirwa

Umunwa ni inyama yoroshye cyane ku mubiri wa muntu benshi bakaba bagira akamenyero ko kuwuruma mu buryo batazi, nyamara bihuye cyane n’ibyo bari gucamo. Kuruma umunwa bishobora kuba ingeso ishobora kwitwa indwara bitewe no kubikora cyane bikagira ingaruka mu buryo…

Posted on

Inyeshyamba zo muri Centrafrique zikomeje kwisuka muri RDC

Inyeshyamba zo muri santrafurika zikomeje kwisuka ku bwinshi mu turere twa Ango na Bondo, mu ntara ya Bas-Uele, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa RDC. Iyi mpuruza yatanzwe n’umuyobozi wa teritwari ya Ango,Marcelin Mazale Lekabusiya, wavuze ko hashize ibyumweru bibiri izi…

Posted on

Mbappe yemeye guhara akayabo kugirango yigire muri Real Madrid

Ikipe ya Real Madrid yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa, Kylian Mbappé, wari umaze igihe gito asoje amasezerano muri Paris Saint-Germain. Nyuma y’imyaka avugwa muri iyi kipe ifite ibikombe byinshi bya UEFA Champions League kurusha izindi,Kylian Mbappe yamaze kuyerekezamo ndetse yemeza…

Posted on

Urukiko rwakatiye uwari umuyobozi mu karere ka Ngoma igifungo cy’imyaka itanu kubera ruswa

Mutembe Tom wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri…

Posted on

M23 yongeye gukubita incuro FARDC

Umutuzo wagarutse ku rugerero rwa Kanyabayonga muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma y’uko kuri uyu wa 02 Kamena inyeshyamba za M23 zari zabyutse zikozanyaho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Congo. Amakuru avuga ko iyi mirwano…

Posted on

Bwa mbere mu mateka Mexique igiye kuyoborwa n’umugore

Madamu Claudia Sheinbaum w’imyaka 61 y’amavuko, niwe watsinze amatora ya Perezida wa Mexico,agize amajwi 57.8%. Uyu mudamu wo mu ishyaka Morena party yarushije amajwi bagenzi be bose bari bahanganye kuva amajwi yatangira kubagwa kugeza ubwo yatangazwaga nk’uwatsinze kuri uyu wa…

Posted on