Nyuma yuko atemerewe kwiyamamariza kuyobora u Rwanda, Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame
Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane…
Senateri Evode yanenze ibyapa byo ku mihanda anagaruka kuri camera zihishwa
Senateri Uwizeyimana Evode avuga ko ibyaoa bigena umuvuduko w’ibinyabiziga ku mihanda mu Rwanda byashyizweho nabi ndetse bikwiye gukosoka bituma Minisitiri w’Intebe amwemerera ko bagiye gusuzuma iki kibazo. Ibi yabitangarije mu nteko ishinga amategeko ubwo bari bakiriye Minisitiri w’Intebe wabagezagaho raporo…
Putin yahishuye uko bagiye kwihimura ku banyaburayi na Amerika baherutse kwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu cye gishobora guha intwaro ibihugu hagamijwe kurasa ku hantu ho mu bihugu byo mu burengerazuba bw’isi. Putin yabitangaje ubwo yanengaga ko uburengerazuba bwahaye Ukraine intwaro zirasa mu ntera ndende. Ibihugu byinshi birimo n’Amerika…
Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko ukundana n’umusore w’ikigwari
Biragoye kumenya umusore uzakubera umugabo uhamye mu ntekerezo no mu mikorere, ariko hari bimwe bigaragaza ko umusore wifuza ko muzabana wamureka mu maguru mashya. Ijambo ikigwari rikoreshwa mu kugaragaza uwananiwe kuba intore no kwesa imihigo abigizemo uruhare, kubera kubura indangagaciro…
Wari uzi ko kuruma umunwa wo hasi ari ikimenyetso gikomeye cy’ihungabana? Sobanukirwa
Umunwa ni inyama yoroshye cyane ku mubiri wa muntu benshi bakaba bagira akamenyero ko kuwuruma mu buryo batazi, nyamara bihuye cyane n’ibyo bari gucamo. Kuruma umunwa bishobora kuba ingeso ishobora kwitwa indwara bitewe no kubikora cyane bikagira ingaruka mu buryo…
Inyeshyamba zo muri Centrafrique zikomeje kwisuka muri RDC
Inyeshyamba zo muri santrafurika zikomeje kwisuka ku bwinshi mu turere twa Ango na Bondo, mu ntara ya Bas-Uele, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa RDC. Iyi mpuruza yatanzwe n’umuyobozi wa teritwari ya Ango,Marcelin Mazale Lekabusiya, wavuze ko hashize ibyumweru bibiri izi…
Mbappe yemeye guhara akayabo kugirango yigire muri Real Madrid
Ikipe ya Real Madrid yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa, Kylian Mbappé, wari umaze igihe gito asoje amasezerano muri Paris Saint-Germain. Nyuma y’imyaka avugwa muri iyi kipe ifite ibikombe byinshi bya UEFA Champions League kurusha izindi,Kylian Mbappe yamaze kuyerekezamo ndetse yemeza…
Urukiko rwakatiye uwari umuyobozi mu karere ka Ngoma igifungo cy’imyaka itanu kubera ruswa
Mutembe Tom wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri…
M23 yongeye gukubita incuro FARDC
Umutuzo wagarutse ku rugerero rwa Kanyabayonga muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma y’uko kuri uyu wa 02 Kamena inyeshyamba za M23 zari zabyutse zikozanyaho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Congo. Amakuru avuga ko iyi mirwano…
Bwa mbere mu mateka Mexique igiye kuyoborwa n’umugore
Madamu Claudia Sheinbaum w’imyaka 61 y’amavuko, niwe watsinze amatora ya Perezida wa Mexico,agize amajwi 57.8%. Uyu mudamu wo mu ishyaka Morena party yarushije amajwi bagenzi be bose bari bahanganye kuva amajwi yatangira kubagwa kugeza ubwo yatangazwaga nk’uwatsinze kuri uyu wa…