Umwana w’umukobwa yaroze abanyeshyuri bagenzi be my isosi n’umuceri
Abanyeshuri 8 biga mu ishuri ribanza rya Matoranhembe mu gihugu cya Zimbabwe mu gace ka Mashonalanda, barwariye mu bitaro, aho barembejwe no kuruka cyane, nyuma yo gushinja mugenzi wabo bitaga inshuti magara, nyuma yo kubarogesha umuceri, n’isosi yari yakuye iwabo…
Kanseri yo mu muhogo yica vuba, Irinde ibi bintu bitatu kugirango urokore ubuzima bwawe
Kanseri yo mu muhogo ni indwara ikomeye cyane kandi ishobora guhitana ubuzima, bisaba kwisuzumisha no kuvurwa vuba. N’ubwo hari ibintu bitandukanye bishobora gutera kanseri yo mu muhogo, hari ibintu bitatu by’ingenzi abantu bashobora kwirinda kugira ngo bagabanye ibyago byabo kandi…
Umuyisilamu yiyahuriye mu rugendo rutagatifu i Maka
Umunya Nigeria ukomoka muri Leta ya Kwara, Hajia Hawawu Mohammed, bivugwa ko yiyahuriye muri Saudi Arabia,agye mu rugendo rutagatifu i Maka. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe ingendo z’abayisilamu muri Leta ya Kwara, Abdulsalam Abdulkadir, yatangaje ko ibi byabaye ku cyumweru,…
Bakorewe ibirori byo gusoza amasomo nyuma y’imyaka 50 bisubitswe
Imyaka 50 nyuma yuko kuburira ko inkubi y’umuyaga ukaze wa serwakira yari igiye kwaduka, bigatuma haburizwamo bitunguranye ibirori byo gusoza amasomo by’abanyeshuri bo ku ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Moore muri leta ya Oklahoma, muri Amerika, abo banyeshuri barangije…
Umugore wari waburiwe irengero bamusanze mu nda y’uruziramire
Umugore witwa Farida wo muri Indonesia yaburiwe irengero ubwo yari agiye gucuruza ariko abagize umuryango we bagategereza ko ataha bagaheba, byatumye bashakisha birangira babonye uruziramire barusatuye bamusangamo. Abaturage bo mu gace Farida atuyemo, babonye uru ruziramire rufite inda nini barayisatura…
RDC: Leta ya Kinshasa yamaganye igitero cya ADF giherutse guhitana benshi
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igitero cy’umutwe w’inyeshyamba wa ADF cyabaye ku wa gatanu i Beni mu ntara ya Kivu ya Ruguru, cyiciwemo abantu 41. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa mbere ku rubuga nkoranyambaga X, leta…
Abasore: Dore ibintu 10 byakwereka umukobwa w’umutima muzarushinga rugakomera
Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima bw’umuntu nkuko bavuga ngo urugo rwiza n’ijuru rito hari ibintu by’ingenzi bishobora kugufasha kumenya niba umukobwa mukundana ashobora kuvamo umugore mwiza. Dore imyitwarire 10 iranga umukobwa w’umutima…
Rubavu: Umugabo yishe umugore we arangije akora ibintu byatunguye benshi
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, mu Kagari ka Gisa mu Mudugudu wa Gisa, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyomukesha Evariste w’imyaka 42 bikekwa ko yishe umugore we witwa Mukeshimana Claudine. Uyu mugabo ukekwaho kwica umugore we ngo yari…
Ubukwe bwapfuye ku munota wa nyuma ndetse RIB ifunnga abageni bari bagiye kubana abantu bagwa mu kantu
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abageni bari baje mu bukwe, aribo Ntibaziyaremye Daniel w’imyaka 48 na Uzayisenga w’imyaka 29 ubwo bari bari mu muhango wo gusaba no gukwa, bakurikiranyweho icyaha cy’ubuharike kuko umugabo yari yarasezeranye mu mategeko n’undi…
Nuwapfuye yasabiwe igihano cy’urupfu. Uko urubanza rw’abashinjwa gushaka gurika Tshisekedi rwagenze
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024 abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo, aho basabiwe urwo gupfa. Ni urubanza rw’abantu bagera kuri 53…