Latest post

Umwana w’umukobwa yaroze abanyeshyuri bagenzi be my isosi n’umuceri

Abanyeshuri 8 biga mu ishuri ribanza rya Matoranhembe mu gihugu cya Zimbabwe mu gace ka Mashonalanda, barwariye mu bitaro, aho barembejwe no kuruka cyane, nyuma yo gushinja mugenzi wabo bitaga inshuti magara, nyuma yo kubarogesha umuceri, n’isosi yari yakuye iwabo…

Posted on

Kanseri yo mu muhogo yica vuba, Irinde ibi bintu bitatu kugirango urokore ubuzima bwawe

Kanseri yo mu muhogo ni indwara ikomeye cyane kandi ishobora guhitana ubuzima, bisaba kwisuzumisha no kuvurwa vuba. N’ubwo hari ibintu bitandukanye bishobora gutera kanseri yo mu muhogo, hari ibintu bitatu by’ingenzi abantu bashobora kwirinda kugira ngo bagabanye ibyago byabo kandi…

Posted on

Umuyisilamu yiyahuriye mu rugendo rutagatifu i Maka

Umunya Nigeria ukomoka muri Leta ya Kwara, Hajia Hawawu Mohammed, bivugwa ko yiyahuriye muri Saudi Arabia,agye mu rugendo rutagatifu i Maka. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe ingendo z’abayisilamu muri Leta ya Kwara, Abdulsalam Abdulkadir, yatangaje ko ibi byabaye ku cyumweru,…

Posted on

Bakorewe ibirori byo gusoza amasomo nyuma y’imyaka 50 bisubitswe

Imyaka 50 nyuma yuko kuburira ko inkubi y’umuyaga ukaze wa serwakira yari igiye kwaduka, bigatuma haburizwamo bitunguranye ibirori byo gusoza amasomo by’abanyeshuri bo ku ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Moore muri leta ya Oklahoma, muri Amerika, abo banyeshuri barangije…

Posted on

Umugore wari waburiwe irengero bamusanze mu nda y’uruziramire

Umugore witwa Farida wo muri Indonesia yaburiwe irengero ubwo yari agiye gucuruza ariko abagize umuryango we bagategereza ko ataha bagaheba, byatumye bashakisha birangira babonye uruziramire barusatuye bamusangamo. Abaturage bo mu gace Farida atuyemo, babonye uru ruziramire rufite inda nini barayisatura…

Posted on

RDC: Leta ya Kinshasa yamaganye igitero cya ADF giherutse guhitana benshi

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye igitero cy’umutwe w’inyeshyamba wa ADF cyabaye ku wa gatanu i Beni mu ntara ya Kivu ya Ruguru, cyiciwemo abantu 41. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa mbere ku rubuga nkoranyambaga X, leta…

Posted on

Abasore: Dore ibintu 10 byakwereka umukobwa w’umutima muzarushinga rugakomera

Gushyingiranwa n’umuntu mukagira umuryango mwiza ni kimwe mu bintu byiza biba mu buzima bw’umuntu nkuko bavuga ngo urugo rwiza n’ijuru rito hari ibintu by’ingenzi bishobora kugufasha kumenya niba umukobwa mukundana ashobora kuvamo umugore mwiza. Dore imyitwarire 10 iranga umukobwa w’umutima…

Posted on

Rubavu: Umugabo yishe umugore we arangije akora ibintu byatunguye benshi

Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Rugerero, mu Kagari ka Gisa mu Mudugudu wa Gisa, haravugwa inkuru y’umugabo witwa Niyomukesha Evariste w’imyaka 42 bikekwa ko yishe umugore we witwa Mukeshimana Claudine. Uyu mugabo ukekwaho kwica umugore we ngo yari…

Posted on

Ubukwe bwapfuye ku munota wa nyuma ndetse RIB ifunnga abageni bari bagiye kubana abantu bagwa mu kantu

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi abageni bari baje mu bukwe, aribo Ntibaziyaremye Daniel w’imyaka 48 na Uzayisenga w’imyaka 29 ubwo bari bari mu muhango wo gusaba no gukwa, bakurikiranyweho icyaha cy’ubuharike kuko umugabo yari yarasezeranye mu mategeko n’undi…

Posted on

Nuwapfuye yasabiwe igihano cy’urupfu. Uko urubanza rw’abashinjwa gushaka gurika Tshisekedi rwagenze

Kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024 abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo, aho basabiwe urwo gupfa.    Ni urubanza rw’abantu bagera kuri 53…

Posted on