Latest post

Impamvu yatumye Rwatubyaye adakomezanya n’Amavubi yamenyekanye

Mu bakinnyi 26 berekeje muriCote d’Ivoire gukina umukino wa Benin uzaba kuwa 06 Kamena 2024,ntiharimo myugariro Rwatubyaye Abdul nubwo yari yahamagawe akava muri Macedonia akaza i Kigali mu myitozo. Myugariro Rwatubyaye Abdul ukinira KF Shkupi yo muri Macedonia ni umwe…

Posted on

“Abo basore banshaka bankureho amaso” – Umuhanzikazi Ariel Wayz yabonye umukunzi mushya

Uwayezu Ariel wamamaye nka Ariel Wayz muri muzika Nyarwanda yatangaje ko nyuma y’igihe atandukanye n’uwari umukunzi we akaba n’umuhanzi, Juno Kizigenza, atakiri ku isoko abamwifuza bakwiye gukurayo amaso kuko afite umusore wamutwaye umutima bari mu munyenga w’urukundo. Uyu muhanzikazi yatangaje…

Posted on

Mu mafoto reba ikimero cya Huguette Umuhoza, umupilote w’umunyarwandakazi ukomeje kuvugisha abatari bake

Huguette Umuhoza, umukobwa w’Umunyarwandakazi usanzwe ari umupilote, yavugishije abantu benshi biganjemo Abanya-Kenya bahise batangira kwerura bakavuga amagambo menshi kubera ikimero cye kidasanzwe. Umushoramari wo muri kiriya gihugu cya Kenya witwa Khalif Kairo, niwe watangije ibi byose ubwo yataga ifoto bari…

Posted on

Umukinnyi wari utegerejwe cyane mu Amavubi yamaze kuhagera

Jojea Kwizera ukinira Ikipe ya Rhode Island yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongewe mu Ikipe y’Igihugu “Amavubi” ikomeje kwitegura Bénin na Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ikipe y’Igihugu ikomeje…

Posted on

Amashusho ya Padiri Twinamatsiko arimo kwiha akabyizi n’umukobwa ukiri muto akomeje kuvugisha benshi. Icyatunguye benshi

Umupadiri wo muri Diyosezi Gatulika ya Kabale, Luciano Twinamatsiko, yashyize hanze amashusho amugaragaza ari kwiha akabyizi. Ni amashusho yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuva ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi, kuri ubu akaba akomeje guhererekanywa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nka…

Posted on

Diane Rwigara ushaka kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda yabuze ibyangombwa bibiri

Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye gusa abura ibyangombwa bibiri. Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza…

Posted on

Nyuma yo kubura ibyangombwa bisabwa uwashakaga gutanga kandidature yabuze itike imusubiza mu rugo

Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa uwiyamamaza. Uyu uretse kubura ibyangombwa ngo yabuze itike imusubiza mu rugo bityo ngo arasaba icumbi mu Gatsata abe…

Posted on

Ndimbati amennye ibanga rya Fridaus kubera ibyo yatangaje

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yasubije Kabahizi Fridaus babyaranye abana babiri b’impanga, uherutse kuvuga ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana kugira ngo amuhe amafaranga yo kumufasha kurera abana ni nyuma y’uko yakomeje kuvuga ko abantu batagira urukundo…

Posted on

Biravugwa ko M23 yishe abasirikare benshi ba FARDC ifata uduce twinshi

Umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa na M23,bivugwa ko abasirikare ba FARDC 234 biciwe mu mirwano i Mirangi,Kyagara na Birundure Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi mu bya gisirikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune dukesha iyi nkuru. Umunyamakuru ukomeye muri…

Posted on

Urukiko rwagabanyirije ibihano Barikana wahoze ari umudepite wafatanwe intwaro

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Mu isomwa ry’uru rubanza kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024, Urukiko rwatangaje ko rwasanze Barikana agomba guhanwa ariko akagabanyirizwa…

Posted on