Barafinda wongeye gutanga Kandidature ku mwanya wa Perezida yavuze ikintu gitangaje azakora naramuka atowe
Barafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye. Barafinda Sekikubo Fred wigeze kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire…
Umuhanzi yatanze kandidatire yo kuyobora u Rwanda
Umwarimu ubifatanya n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Habimana Thomas uzwi nka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Habimana Thomas yakiriwe na Perezida wa Komisiyo…
Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije
Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur…
Nisanze ndi mu rukundo na musaza wanjye none byananiye kumwikuramo – Ndagisha inama
Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye. Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve…
Umuyobozi w’abanyerondo akurikiranyweho kwivugana nyina babanaga benshi batangazwa n’ibyasanzwe ku murambo we aho arara
Umugabo w’imyaka 48 usanzwe ukuriye irondo yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwica nyina w’imyaka 95 y’amavuko banabanaga mu rugo. Uyu mugabo asanzwe akuriye irondo mu Mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Nyaruhombo mu Murenge wa Rwaniro mu…
Itangazo rya REB ku ishyirwa mumyanya kw`abakoze ibizamini kumyanya yokwigisha
Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, REB yanyomoje amakuru yacicikanye kumbuga nkoranyambaga avuga ko hari abakandida bakoze ibizamini by’akazi kumyanya yokwigisha bakaba baba bagiye gushyirwa mumyanya vuba aha. Reba ayo makuru yose hano hasi: Kanda hano urebe aya makuru kurukuta rwa …
Imyanya y’akazi 33 mu karere ka Gakenke: A2, A1, A0, Ubushoferi, Accountants, Receptionists… Deadline 03/06/2024
Planning, M&E Officer at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Data Manager and Statistician at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Supervisor of Community Health Workers A0 at Gakenke District Under Contract :Deadline :Jun 3, 2024…
UK: Miss Jolly yahinduye ingingo yagomba kuvugaho agaruka ku mateka y’u Rwanda, ahazaza ha Afurika n’ubudasa bwa Perezida Kagame
Nyampinga w’u Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yatambutse gitore muri Oxford atanga ikiganiro cyibanze ku kuba Afurika ikwiye kuba umwe aribyo bizayiganisha ku iterambere rirambye, ni mu gihe yari yasabwe kugaruka ku birebana n’imideli. Mu butumwa bw’amashusho yasangije abamukurikira yongeyeho…
Bakunda gushimwa cyane! Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Elsa ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yafashe icyemezo cyo kujya ibagezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Elsa ni izina rihabwa abana b’abakobwa, rikomoka mu Giheburayo kuri “Elisheba” cyangwa “Elisabeth” mu…
Niyitegeka uzwi nka papa Sava na Umunyana bavuze byinshi ku rukundo ruvugwa hagati yabo ndetse n’ubuhanuzi bwa Prophet Mbarushimana Hakim
Abakinnyi ba filime bakomeye mu Rwanda, Niyitegeka Gratien wamamaye nka Papa Sava ndetse na Umunyana Analysa uzwi nka Mama Sava muri filime ya “Papa Sava” bahuriyemo, batangaje byinshi ku makuru avuga ko bakundana. Nyuma y’inkuru zacicikanye zivuga ku buhanuzi bwabwiwe…