Latest post

Abasore: Numubonana ibi bimenyetso mutabare utazuyaje aba ashaka ko muryamana gusa yagutinye

Share this:

Ntuzigere na rimwe wibeshya ko abahungu aribo bakenera gukora imibonano mpuzabitsina bonyine, N’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira mo imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza gusa bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko ukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka…

Share this:
Posted on

Ububirigi bwasabye Uganda kubwunga n’u Rwanda rwacanye umubano na bwo

Share this:

Guverinoma y’u Bubiligi yavuze ko yifuza ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yabahuza n’u Rwanda rwacanye umubano n’u Bubiligi ku wa 17 Werurwe 2025. Maxime Prévot, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, yabikomojeho ubwo yahuraga…

Share this:
Posted on

AFC/M23 yatangiye gukora igikorwa gishimangira ko itazava muri Kivu zombi

Share this:

Mu gihe hatarashira n’icyumweru Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) na AFC/M23 bemeranyije guhagarika imirwano, iri huriro ryongeye gushimangira ko udafite gahunda yo kuva muri Kivu zombi.   Ni nyuma y’uko ritangaje ko ryatangiye gukora igikorwa cy’ingenzi cyo kubaka umuhanda mushya…

Share this:
Posted on

Bitunguranye intambara hagati ya FARDC na AFC/M23 irahagaze

Share this:

Mu gihe byari bikomeje kuvugwa ko ibiganiro bihuza impande zombi bikomeje kubera i Doha muri Qatar nta musaruro birimo gutanga, Leta ya Congo ndetse n’ihuriro AFC/M23 zashyize hanze amatangazo yo guhagarika imirwano ndetse zisaba abaturage gushyikira uyu mugambi. Ibi byabaye…

Share this:
Posted on

Barishwe: Abasirikare 13 b’Uburundi baheruka gupfira mu kiyaga cya Tanganyika baba baragambaniwe. Hahishuwe mugenzi wabo wabagambaniye

Share this:

Kugeza magingo aya, turacyakurikirana amakuru y’impanuka y’ubwato bwa gisirikare bwabereye mu kiyaga cya Tanganyika ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18 Mata 2025, ikaba yaratwaye ubuzima bw’abasirikare benshi b’u Burundi.   Ubu bwato bwari buvuye mu gace ka Ubwari butwaye…

Share this:
Posted on

Murankurikirana cyane kandi ntimuri isoko nshaka kugurishaho ibicuruzwa byanjye – Isimbi noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bamuca intege

Share this:

Umukinnyikazi wa filime z’abakuze Isimbi Noelline yikomye bamwe mu banyarwanda bakomeje kumujujubya ku mbuga nkoranyambaga ze aho bamwibasira bamwe bamutuka abandi bakamubwirako ibyo akora yataye umuco nyarwanda nta munyarwandakazi ukwiye gukina filime za porornogarafi. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga…

Share this:
Posted on

Urupfu rw’Umusirikare w’u Burundi usize abana babiri bakiri bato rwateye benshi agahinda.

Share this:

Mu gihe igihugu cy’u Burundi cyose gikomeje kugerwaho n’amakuru y’incamugongo, umuryango wa 1ère Classe Emery Kwizera uri mu gahinda kadasanzwe nyuma y’itangazwa ry’amakuru avuga ko uyu musirikare yaba yarapfiriye mu mpanuka y’ubwato yabaye ku wa Gatanu ushize, tariki ya 18…

Share this:
Posted on

Abarwanyi ba Wazalendo na FDLR baheruka gukubitwa incuro na M23 bagahunga mu Rugezi bahuye n’ikindi gitero simusiga kibamereye nabi

Share this:

Nyuma y’uko Twirwaneho na M23 bifashe igice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bahahunze bahuye n’ikindi gitero kibi kitari icyo kuraswa gusa—bageramiwe n’inzara, ubukonje, n’ubwigunge mu mashyamba ya Rugezi. Amakuru…

Share this:
Posted on

Imyanya y`ubushoferi muri Ministry of environment (MOE) :Deadline: 25/04/2025

Share this:

Job responsibilities • The employees will serve as the approved designate driver of the MoE project cars • Ensure the vehicle’s day to day maintenance; • Proper transportation of people/items for the program; • Perform the driving duties for the…

Share this:
Posted on

Abaturage bahagurutse: Hakozwe imyigaragambyo karundura yamagana ubutegetsi bwa Tshisekedi

Share this:

Umwuka w’uburakari wazamutse mu mujyi wa Goma kuri uyu wa kabiri, ubwo abaturage bahagurukaga mu myigaragambyo ikomeye barwanya Leta ya Kinshasa, bavuga ko bayirambiwe kubera kutubahiriza ibyo yemeye mu biganiro byo gushaka amahoro. Ibi bibaye nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ryatangaje…

Share this:
Posted on