Latest post

Igits1ina cy’umugabo ni Antene y’umutima we. Wari uzi ko kubura ubushake bw’akabariro bifite aho bihuriye n’indwara y’umutima – UBUSHAKASHATSI

Share this:

Umuholandi w’impuguke mu buvuzi bw’umutima, Dr. Janneke Wittekoek, yagaragaje ko hari ibimenyetso byo kurwara umutima abagabo bagira ariko ntibabyiteho, birimo n’ubushake buke bwo gutera akabariro. Yavuze ko icyo kimenyetso gishobora kugaragara mbere y’imyaka itatu ngo umugabo arware umutima. Impamvu itera…

Share this:
Posted on

FARDC n’abo bafatanyije bagabye igitero gikomeye kuri AFC/M23 cyasize isomo rikomeye

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, ahagana saa mbili, hatangiye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo M23 na Twirwaneho, mu…

Share this:
Posted on

Umunyarwanda Cardinal Antoine Kambanda ashobora kuba Papa wa mbere w’umwirabura

Share this:

Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, isi yose yatunguwe n’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Nyirubutungane Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wapfuye afite imyaka 88 y’amavuko.   Inkuru yatangajwe na Vatican yahise ikwirakwira ku…

Share this:
Posted on

Ingabo za SADC byari byitezwe ko zigomba gutaha zinyuze mu Rwanda zongeye kugoterwa mu bigo byazo n’ingabo za AFC/M23 nyuma y’ikosa rikomeye zakoze

Share this:

Mu masaha ya nyuma yo ku wa 11 Mata 2025, igice cy’ingabo za SADC (Southern African Development Community) zari zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyari mu nzira yo gusubira iwabo.   Nyamara ibintu byafashe indi…

Share this:
Posted on

Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi

Share this:

Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu…

Share this:
Posted on

Coatch Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki. Kuki abagerageje gushora mu muziki nyarwanda bose bababwa?

Share this:

Nyuma y’imyaka itarenga itanu ari mu muziki, Coach Gael yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko agiye guhagarika gushyira amafaranga ye mu bikorwa bifasha abandi ariko ntibimwungukire. Uyu mugabo yabitangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ko yicuza cyane kuba yaragiye yitanga afasha…

Share this:
Posted on

Amerika iravugwa mu rupfu Papa Francis. Urupfu rudasobanutse kandi rutunguranye rukomeje kuvugisha benshi

Share this:

Ku wa 20 Mata 2025, isi yakangutse igwa mu kantu: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yari amaze kwitaba Imana afite imyaka 88.   Ibi byabaye hashize iminsi mike asohowe mu bitaro aho yari amazemo ibyumweru bitanu yivuriza…

Share this:
Posted on

Umugabo usanzwe ukora amasuku yatoraguye arenga miliyoni 100 Frw mu kimoteri arayasubiza, bamuha igihembo cyatumye benshi bamwibasira

Share this:

Mu mujyi muto wa Bela Bela, uzwiho kuba icyanya cy’ubukerarugendo n’imvura nyinshi y’ubushyuhe bwo hagati, hari inkuru ivugwa ku buryo butasanzwe.   Si inkuru y’amasezerano ya politiki cyangwa impanuka y’imodoka nk’uko abantu baba bayitegereje kuri radio, ahubwo ni inkuru y’umuntu…

Share this:
Posted on

Abasirikare b’u Burundi barimo Abakomando mu ngabo zidasanzwe bishwe ku bwinshi na Twirwaneho muri Operasiyo karahabutaka.

Share this:

Mu cyumweru gishize, Teritwari ya Fizi yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yongeye kuba isibaniro rikomeye ry’imirwano hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).   Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku…

Share this:
Posted on

Joseph Kabila mu mazi abira nyuma yo kugera i Goma

Share this:

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gutangira gukurikirana mu nkiko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu, nyuma yo kumushinja ubugambanyi bwo mu rwego rwo hejuru. Kinshasa yatangaje iyi gahunda nyuma y’amasaha make Kabila avuye…

Share this:
Posted on