Latest post

Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi

Share this:

Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu…

Share this:
Posted on

Coatch Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki. Kuki abagerageje gushora mu muziki nyarwanda bose bababwa?

Share this:

Nyuma y’imyaka itarenga itanu ari mu muziki, Coach Gael yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko agiye guhagarika gushyira amafaranga ye mu bikorwa bifasha abandi ariko ntibimwungukire. Uyu mugabo yabitangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ko yicuza cyane kuba yaragiye yitanga afasha…

Share this:
Posted on

Amerika iravugwa mu rupfu Papa Francis. Urupfu rudasobanutse kandi rutunguranye rukomeje kuvugisha benshi

Share this:

Ku wa 20 Mata 2025, isi yakangutse igwa mu kantu: Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yari amaze kwitaba Imana afite imyaka 88.   Ibi byabaye hashize iminsi mike asohowe mu bitaro aho yari amazemo ibyumweru bitanu yivuriza…

Share this:
Posted on

Umugabo usanzwe ukora amasuku yatoraguye arenga miliyoni 100 Frw mu kimoteri arayasubiza, bamuha igihembo cyatumye benshi bamwibasira

Share this:

Mu mujyi muto wa Bela Bela, uzwiho kuba icyanya cy’ubukerarugendo n’imvura nyinshi y’ubushyuhe bwo hagati, hari inkuru ivugwa ku buryo butasanzwe.   Si inkuru y’amasezerano ya politiki cyangwa impanuka y’imodoka nk’uko abantu baba bayitegereje kuri radio, ahubwo ni inkuru y’umuntu…

Share this:
Posted on

Abasirikare b’u Burundi barimo Abakomando mu ngabo zidasanzwe bishwe ku bwinshi na Twirwaneho muri Operasiyo karahabutaka.

Share this:

Mu cyumweru gishize, Teritwari ya Fizi yo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yongeye kuba isibaniro rikomeye ry’imirwano hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).   Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku…

Share this:
Posted on

Joseph Kabila mu mazi abira nyuma yo kugera i Goma

Share this:

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gutangira gukurikirana mu nkiko Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu, nyuma yo kumushinja ubugambanyi bwo mu rwego rwo hejuru. Kinshasa yatangaje iyi gahunda nyuma y’amasaha make Kabila avuye…

Share this:
Posted on

Igikombe cy’Amahoro: Ubujurire bwa Rayon Sports ku mukino wayo na Mukura VS bwatewe utwatsi. Ese iraguma ku cyemezo cyayo?

Share this:

Komisiyo y’Ubujurire y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yateye utwatsi ubujurire bwa Rayon Sports yari yagaragaje ko icyemezo cyafashwe n’iri Shyirahamwe, ko izongera gukina na Mukura VS mu mukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro kidakwiye. Rayon Sports yari yajuriye ku wa…

Share this:
Posted on

Icyo M23 ivuga kuri Kabila wamaze kugera i Goma ndetse n’ikigiye gukurikiraho

Share this:

Mu gihe ibintu bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inkuru y’uko Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, yageze i Goma – umujyi uri mu maboko y’umutwe wa M23 – ikomeje gutera impagarara n’amatsiko…

Share this:
Posted on

Kirimobenecyo wahanze ibendera n’ikirangantego by’u Rwanda ndetse n’inote nyinshi zikoreshwa ubu yitabye Imana. Byinshi ku buzima bwe

Share this:

Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko. Ni we wahanze byinshi mu birango bikoreshwa mu gihugu magingo aya, kuva ku…

Share this:
Posted on

Burundi: Uwahoze ari SG wa FFB Yatawe muri yombi ashinjwa gufasha AFC/M23 no kumva urubuga rw’imikino rwo mu Rwanda

Share this:

Mu gihe akarere k’u Burundi kagaragaza ibimenyetso by’ihungabana mu bwisanzure n’uburenganzira bwa muntu, inkuru idasanzwe yatumye benshi bacika ururondogoro.   Manirakiza Jérémy, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi (FFB), yafunzwe ku itegeko rya Perezida Ndayishimiye Evariste, nyuma…

Share this:
Posted on