Latest post

Nyuma yo kubura ibyangombwa bisabwa uwashakaga gutanga kandidature yabuze itike imusubiza mu rugo

Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa uwiyamamaza. Uyu uretse kubura ibyangombwa ngo yabuze itike imusubiza mu rugo bityo ngo arasaba icumbi mu Gatsata abe…

Posted on

Ndimbati amennye ibanga rya Fridaus kubera ibyo yatangaje

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yasubije Kabahizi Fridaus babyaranye abana babiri b’impanga, uherutse kuvuga ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana kugira ngo amuhe amafaranga yo kumufasha kurera abana ni nyuma y’uko yakomeje kuvuga ko abantu batagira urukundo…

Posted on

Biravugwa ko M23 yishe abasirikare benshi ba FARDC ifata uduce twinshi

Umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa na M23,bivugwa ko abasirikare ba FARDC 234 biciwe mu mirwano i Mirangi,Kyagara na Birundure Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi mu bya gisirikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune dukesha iyi nkuru. Umunyamakuru ukomeye muri…

Posted on

Urukiko rwagabanyirije ibihano Barikana wahoze ari umudepite wafatanwe intwaro

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Mu isomwa ry’uru rubanza kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024, Urukiko rwatangaje ko rwasanze Barikana agomba guhanwa ariko akagabanyirizwa…

Posted on

Barafinda wongeye gutanga Kandidature ku mwanya wa Perezida yavuze ikintu gitangaje azakora naramuka atowe

Barafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye. Barafinda Sekikubo Fred wigeze kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire…

Posted on

Umuhanzi yatanze kandidatire yo kuyobora u Rwanda

Umwarimu ubifatanya n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Habimana Thomas uzwi nka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Habimana Thomas yakiriwe na Perezida wa Komisiyo…

Posted on

Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije

Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur…

Posted on

Nisanze ndi mu rukundo na musaza wanjye none byananiye kumwikuramo – Ndagisha inama

Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye. Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve…

Posted on

Umuyobozi w’abanyerondo akurikiranyweho kwivugana nyina babanaga benshi batangazwa n’ibyasanzwe ku murambo we aho arara

Umugabo w’imyaka 48 usanzwe ukuriye irondo yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwica nyina w’imyaka 95 y’amavuko banabanaga mu rugo. Uyu mugabo asanzwe akuriye irondo mu Mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Nyaruhombo mu Murenge wa Rwaniro mu…

Posted on

Itangazo rya REB ku ishyirwa mumyanya kw`abakoze ibizamini kumyanya yokwigisha

Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, REB yanyomoje amakuru yacicikanye kumbuga nkoranyambaga avuga ko hari abakandida bakoze ibizamini by’akazi kumyanya yokwigisha bakaba baba bagiye gushyirwa mumyanya vuba aha. Reba ayo makuru yose hano hasi: Kanda hano urebe aya makuru kurukuta rwa …

Posted on