Latest post

Mbappe yemeye guhara akayabo kugirango yigire muri Real Madrid

Ikipe ya Real Madrid yemeje ko yasinyishije rutahizamu w’Umufaransa, Kylian Mbappé, wari umaze igihe gito asoje amasezerano muri Paris Saint-Germain. Nyuma y’imyaka avugwa muri iyi kipe ifite ibikombe byinshi bya UEFA Champions League kurusha izindi,Kylian Mbappe yamaze kuyerekezamo ndetse yemeza…

Posted on

Urukiko rwakatiye uwari umuyobozi mu karere ka Ngoma igifungo cy’imyaka itanu kubera ruswa

Mutembe Tom wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma wafashwe yakira ruswa ya miliyoni 5Frw, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni 15 Frw, Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center) wabaye icyitso muri…

Posted on

M23 yongeye gukubita incuro FARDC

Umutuzo wagarutse ku rugerero rwa Kanyabayonga muri Teritwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma y’uko kuri uyu wa 02 Kamena inyeshyamba za M23 zari zabyutse zikozanyaho n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Congo. Amakuru avuga ko iyi mirwano…

Posted on

Bwa mbere mu mateka Mexique igiye kuyoborwa n’umugore

Madamu Claudia Sheinbaum w’imyaka 61 y’amavuko, niwe watsinze amatora ya Perezida wa Mexico,agize amajwi 57.8%. Uyu mudamu wo mu ishyaka Morena party yarushije amajwi bagenzi be bose bari bahanganye kuva amajwi yatangira kubagwa kugeza ubwo yatangazwaga nk’uwatsinze kuri uyu wa…

Posted on

Impamvu yatumye Rwatubyaye adakomezanya n’Amavubi yamenyekanye

Mu bakinnyi 26 berekeje muriCote d’Ivoire gukina umukino wa Benin uzaba kuwa 06 Kamena 2024,ntiharimo myugariro Rwatubyaye Abdul nubwo yari yahamagawe akava muri Macedonia akaza i Kigali mu myitozo. Myugariro Rwatubyaye Abdul ukinira KF Shkupi yo muri Macedonia ni umwe…

Posted on

“Abo basore banshaka bankureho amaso” – Umuhanzikazi Ariel Wayz yabonye umukunzi mushya

Uwayezu Ariel wamamaye nka Ariel Wayz muri muzika Nyarwanda yatangaje ko nyuma y’igihe atandukanye n’uwari umukunzi we akaba n’umuhanzi, Juno Kizigenza, atakiri ku isoko abamwifuza bakwiye gukurayo amaso kuko afite umusore wamutwaye umutima bari mu munyenga w’urukundo. Uyu muhanzikazi yatangaje…

Posted on

Mu mafoto reba ikimero cya Huguette Umuhoza, umupilote w’umunyarwandakazi ukomeje kuvugisha abatari bake

Huguette Umuhoza, umukobwa w’Umunyarwandakazi usanzwe ari umupilote, yavugishije abantu benshi biganjemo Abanya-Kenya bahise batangira kwerura bakavuga amagambo menshi kubera ikimero cye kidasanzwe. Umushoramari wo muri kiriya gihugu cya Kenya witwa Khalif Kairo, niwe watangije ibi byose ubwo yataga ifoto bari…

Posted on

Umukinnyi wari utegerejwe cyane mu Amavubi yamaze kuhagera

Jojea Kwizera ukinira Ikipe ya Rhode Island yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongewe mu Ikipe y’Igihugu “Amavubi” ikomeje kwitegura Bénin na Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ikipe y’Igihugu ikomeje…

Posted on

Amashusho ya Padiri Twinamatsiko arimo kwiha akabyizi n’umukobwa ukiri muto akomeje kuvugisha benshi. Icyatunguye benshi

Umupadiri wo muri Diyosezi Gatulika ya Kabale, Luciano Twinamatsiko, yashyize hanze amashusho amugaragaza ari kwiha akabyizi. Ni amashusho yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuva ku wa Kane tariki ya 30 Gicurasi, kuri ubu akaba akomeje guhererekanywa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nka…

Posted on

Diane Rwigara ushaka kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda yabuze ibyangombwa bibiri

Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye gusa abura ibyangombwa bibiri. Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza…

Posted on