Latest post

Sobanukirwa uko Hepatite C yandura, ibimenyetso byayo, ibubi bwayo n’aho itandukanira na Hepatite B na A

Nyuma yo kubona ko hari benshi badasobanukiwe ibijyanye n’indwara y’umwijima. Twabateguriye inkuru kuri Hepatite C twifashishije inkuru ya Inyarwanda n’ikiganiro yakoranye na Dr. Makuza Jean Damascene. Ese indwara ya Hepatite B na C bitandukanira he? Uburwayi bwa Hepatite B na…

Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukundana aguca inyuma cyangwa yarakurambiwe urimo kumutinza

Mu rukundo bibaho ko umuvuduko wagabanyuka ntibibe bikiri uko byahoze mbere ariko ikigorana ni ukumenya uko wabyitwaramo byabayeho cyangwa se ibimenyetso byakwereka ko umubano wawe n’umukunzi wawe watangiye kugenda biguru ntege. Aha twifashishije urubuga rwa Elcrema, tugiye gufasha abahungu kumenya…

Posted on

Umugore yasanze pasiteri ku ruhimbi amuha impano ikomeje kuvugisha abatari bake

Umugore wo mu gihugu cya Kenya Faith Mutindi aheruka gukurura impaka nyinshi nyuma yo guha Pasiteri Kanyari agapaki k’udukingirizo ku ruhimbi mu rusengero imbere y’Abakilisitu.   Uyu mugore akimara gukora iki gikorwa bikurura impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga muri Kenya…

Posted on

Irebere uburanga bw’umukunzi wa Ruvuyanga wamamaye mu gisata cy’imikino mu Rwanda – AMAFOTO

Nyuma yo kumara igihe atagaragara mu Rukundo, umunyamakuru w’imikino kuri Radio Rwanda Ruvuyanga Emmanuel ubu aravugwa mu rukundo n’inkumi y’ikizungerezi. Uyu mukobwa uvugwa mu munyenga w’urukundo na Ruvuyanga, ndetse bikaba bivugwa ko bagiye kuzarushinga yitwa Naomi Sandrine, ndetse akaba afite…

Posted on

Mu mafoto irebere umukobwa wigaruririye umutima wa Nyaxo umunyarwenya umaze kubaka izina

Umunyarwenya Kanyabugande Olivier wamenyekanye cyane nka Nyaxo nawe yamaze kwinjira mu mfungwa z’urukundo. Uyu musore w’umunyarwenya wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyamba no mu bitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda yafungiwe muri gereza y’urukundo n’umukobwa w’ikizungerezi witwa Ellah. Bitewe n’uburyo umunyarwenya Nyaxo…

Posted on

Amakuru mashya kuri Hategekimana Emmanuel watawe muri yombi nyuma yo gutangaza ko ari we wivuganye Paster Theogene abitumwe na Satani

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ‘RIB’ rwemeje ko rwataye muri yombi uwitwa Hategekimana Emmanuel wiyita umukozi wa satani akaba akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha, aho afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Uyu mugabo witwa Hategekimana Emmanuel yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane…

Posted on

M23 yatangaje ko itazava ku izima kugeza Leta ya Kongo yemeye ibiganiro

Umutwe wa M23 wavuze ko nubwo ubizi neza ko ubutegetsi bwa RDC butazemera ibiganiro ariko witeguye gukomeza kwirwanaho no gutakamba kugeza ubwo inzira y’amahoro igezweho. Umutwe wa M23 watangaje ko uzakomeza kwirwanaho igihe uzajya uterwa na FARDC n’abambari bayo gusa…

Posted on

Rurageretse hagati ya Espoir FC n’umutoza wayo Lomami ushinjwa ubugambanyi

Ubuyobozi bw’ikipe ya EspoirFC bwamaze gushyikiriza ikirego RIB ikorerera mu Karere ka Rusizi aho burega uwari umutoza wabo Lomami Marcel gukoresha inyandiko mpimbano z’ibyangombwa (Licence) bya FERWAFA byemerera umukinnyi Christian Watanga Milembe gukinira mu Rwanda kandi ngo uyu mutoza abizi…

Posted on

Umugabo uheruka kwigamba kuri Youtube ko yishe Paster Theogene yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwataye muri yombi Hategekimana Emmanuel akurikiranyweho gutangaza amakuru y’ibihuha akaba afungiwe kuri Sitasiyo ya RIB ya Kimihurura. Hategekimana Emmanuel yagaragaye kuri Youtube ari gusobanura ko ari mu bantu bahawe inshingano zo kwica Pasiteri Théogène…

Posted on

Cléophas Barore uyobora RBA yabaye uwa mbere mu ishami yigagamo muri Kaminuza

Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), Cléophas Barore, yasoje amasomo y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza ari uwa mbere, mu Ishami rya Théologie muri Kaminuza ya East African Christian College. Amafoto ya Barore yambaye ikanzu ari kumwe n’abandi biganye yakwirakwiriye ku mbuga…

Posted on