Imyanya 14 y’akazi mu karere ka Gakenke: Accounts, Receptionist, Billing officer, Customer care. Deadline: 3/06/2024
10 Job Positions of Accountant A1 at Gakenke District Under Statute: Deadline: Jun 3, 2024 Receptionist at Gakenke District Under Statute P:Deadline: Jun 3, 2024 Billing Officer at Gakenke District Under Statute : Deadline: Jun 3, 2024 Documentation and Archives…
Uko Hepatite B yandura, ibimenyetso byayo ndetse n’uko wayirinda
Hepatite B ni indwara yibasira umwijima ishobora kwirindwa hakoreshejwe urukingo ikaba iterwa na virus yitwa VHB. Iyo umurwayi arengeje amezi 6 arwaye Hepatite B, ifatwa nk’aho yamaze kuba karande cyangwa iy’ubuzima bwose. Virusi itera Hepatite B yandurira mu mibonano idakingiye…
Dore uburyo bubiri bwagufasha gutandukana burundu n’imvi cyangwa umusatsi w’umweru
Benshi mu bantu bagira umusatsi w’umweru ariko ntabwo baba bazi uburyo bakoresha bagatandukana nawo.Muri iyi nkuru turagufasha kumenya ibyo wakora bitagoye , umusatsi wawe ukaba waba umukara nk’uko ubyifuza. Mu rwego rwo guhindura umusatsi wawe umukara, urasabwa gukoresha mu bimwe…
Ndi mwiza abakobwa barankunda, mbayeho ndyohewe! Amagambo y’umunyamakuru Lorenzo wa RBA ari gutigisa imbuga nkoranyambaga
Umwe mu banyamakuru ukora kuri Radio Rwanda uzwi nka Lorenzo ubwo yari mu kiganiro cyanyuze kuri YouTube yatangaje ibintu byinshi akomoza no kumpamvu abafana na Rayon Sports bakwiye kwakira ibyo guhomba umukinnyi wabo. Umunyamakuru Lorenzo yabivugiye mu kiganiro yagiranye na…
Bruce Melody yasubije ku bivugwa na Agasaro uvuga ko babyaranye akaba yaramwimye indezo
Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie, yasubije Agasaro wamusabye indezo y’umwana avuga ko babyaranye, aho yatangaje ko guhera ubu nta kibazo cy’umwana azongera kuzana mu itangazamakuru cyane cyane iby’uko bari kumusaba indezo y’umwana, kuko umwana ari umutware. Mu mpera z’ukwezi…
Umukobwa akomeje guca ibintu kubera ikintu gitangaje akomeje kwishimira
Umukobwa wo mu gihugu cya Nigeria witwa Eve Onyedikachukwu yatunguye benshi bacika ururondogoro nyuma yo gushyira hanze amafoto yishimira imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza ku byo yakoze na gato. Uyu mukobwa yavuze ko yishimye imyaka 10…
Igihano Barikana Eugène yasabiwe kubera gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko cyamenyekanye
Nyuma y’iminsi micye urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB rufunze Barikana Eugene wari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda aho uyu mugabo akurikiranyweho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko, Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka ibiri. Ubwo yabazwaga kuri uku gutunga intwaro nyuma yo…
Umwarimu wigisha mu mashuri abanza nawe yatanze ubusabe bwe bwo kwiyamamariza kuba umudepite
Mukantwari Elizabeth wo mu Karere ka Kirehe umaze imyaka irenga 15 yigisha mu mashuri abanza yatanze kandidatire ku mwanya w’umudepite mu cyiciro cyihariye cy’abagore kuko afite inyota yo kwinjira mu Nteko Ishinga Ametegeko y’u Rwanda. Madamu Mukantwari yashyikirije kandidatire ye…
Amerika yahaye gihugu cya Kenya inyito ikomeye ubundi ikoreshwa ku bihugu byo muri NATO
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya incuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba igihugu cya mbere cyo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara gihawe iyo nyito n’Amerika. Biden yatangaje icyo cyemezo mu…
Kayonza: Gitifu w’akagari yatunguranye yinjira mu nama ya Meya yasinze bikabije
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikaya gaherereye mu Murenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza, yitabiriye inama ku Murenge ayigeramo akerewe ndetse yanasinze bigaragara, hitabazwa igipimo cya Polisi basanga afite hejuru ya 400%. Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya…