Byinshi ku muhango wo kubandwa waje umeze nka Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge n’ibyo benshi bibeshya kuri Ryangombe
Benshi mu bacukumbuzi b’amateka y’u Rwanda cyane cyane mu bijyanye n’imyemerere, bakunda gutwerera Abanyarwanda ko biyambazaga Ryangombe, bakaba banemeza ko ari yo Mana basengaga, nyamara bya he birakajya! Ryangombe ni umuntu wabayeho mu muryango nyarwanda, yubaka ubuhangange butuma atazima mu…
Umusirikare yariye karungu kubera telefoni arasa bagenzi be ndetse n’undi wese wageragezaga kumwegera
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Bunia, umurwa mukuru wa Ituri, Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 21 Gicurasi 2024, umusirikare wa (FARDC) yarashe mugenzi we yitaba Imana mbere yo kwiyahura. Amakuru aturuka muri kiriya gihugu avuga ko aya…
Gatsibo: Abantu batunguwe n’umubyeyi wahoraga ajya kwa muganga ahetse igipupe n’ikintu gitangaje yabaga agiye kuhakora
Ku mbuga noranyambaga zitandukanye hakomeje gucicikana inkuru y’umugore wari umaze igihe kinini ahetse igipupe abeshya ko aba yaje gukingiza umwana ku Kigo Nderabuzima cya Kabarore kandi yagaba yaje kwiba abaje kwivuriza aho mu bitaro. Iyi nkuru y’uyu mugore yatangiye kumvikana…
Amafoto ya Kenny Sol na Manager we Gael yatumye benshi bakeka ko baba ari abatinganyi- AMAFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo X, Instagram, Youtube n’izindi, hakomeje gukwirakwizwa inkuru ivuga ko Kenny Sol ashobora kuba afitanye umubano wihariye udasanzwe na Boss we Coach Gael yabaye kimomo. Ni inkuru yatangiye gukwirakwira ubwo hajyaga hanze amashusho aba bombi bishimanye, ndetse…
Muhanga: Abarimu babiri batawe muri yombi bakekwaho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu Kiciro rusange
Abarimu babiri batawe muri yombi n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwe mu banyeshuri bigisha w’imyaka 16 y’amavuko, wiga mu cyiciro rusange (Tronc Commun). Amakuru avuga ko aba barimu basanzwe bigisha mu Ishuri ryisumbuye rya Nyakabanda riherereye mu Murenge…
Dore byinshi utazi ku kurota usomana. Ntukwiye kubikerensa
Buri nzozi zigira ubusobanuro bwazo, gusa kurota usoma umuntu bishobora gutangaza benshi bakaba batekereza nabi ndetse bakiba impamvu y’izo nzozi, niyo mpamvu ugiye gusobanukirwa ikihishe inyuma yazo. Kurota uri mu bikorwa bifite aho bihuriye n’urukundo, bisobanura ibintu byinshi ndetse bihura…
Dore uko wakiza ibikomere umugabo wakomerekejwe n’urukundo
Urukundo rwakomerekeje bamwe bituma abanyantege nke bavuga ko batazongera gukunda nyamara ntibamenya ko bashobora komorwa bagasubirana n’ibyiyumviro byabo by’urukundo. Bamwe mu gitsinagore bibaza icyo bakora kugira ngo baturishe umutima w’umusore cyangwa umugabo wahuzwe urukundo bitewe n’ibikomere yahuye na byo muri…
Gen. Bunyoni agiye gusubira mu nkiko
Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Burundi, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere na Minisitiri w’Intebe, azaburanira mu rukiko rw’ikirenga mu cyumweru gitaha, tariki ya 27 Gicurasi 2024. Bunyoni yakatiwe igifungo cya burundu mu Ugushyingo 2023, nyuma yo guhamywa…
Rubavu: Polisi yarashe sedo w’akagari
Umuyobozi wungirije w’akagari [SEDO] ka Murambi ko mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu, yarashwe na Polisi y’igihugu nyuma yo kumwibeshyamo umugizi wa nabi. Amakuru dukesha Bwiza.com aravuga ko ibi byabaye mu ijoro ryakeye, ubwo uyu SEDO yari…
Polisi yashyizeho igihembo ku muntu uzayifasha guta muri yombi umwarimu wa kaminuza wasambanyije umunyeshuri
Polisi ya Uganda yashyizeho igihembo cya miliyoni 10 z’amashiringi ku muntu wese uzatanga amakuru yatuma Dr Lawrence Eron atabwa muri yombi. Uyu mwarimu ufite imyaka 53, yigishaga muri Kaminuza ya Kyambogo. Akurikiranyweho gusambanya umukobwa w’imyaka 16 ufite ubumuga bwo kutabona….