Latest post

Abakobwa: Dore ibimenyetso 5 byakwereka ko umusore agukunda by’ukuri

Urukundo abantu benshi ntibakunda kurwerekana kimwe, kuko hari ababivuga hakaba n’abatinya kuvuga ko bakunze, ariko burya ngo ntirwihishira, iyo rwagufashe, rushobora kugutamaza. Abahanga mu kwiga imyitwarire y’abantu bashyize ahagaragara bimwe mu bishobora kukwereka ko umuhungu yakwihebeye. Ikimenyetso cya 1: Amagambo…

Posted on

Manchester City yatwaye igikombe Arsenal nyuma y’ihangana rikomeye hagati yazo

Ikipe ya Manchester City yatsinze West Ham United ibitego 3-1, yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) ku nshuro ya kane yikurikiranya, ikaba iya cyenda muri rusange. Mu gihe City yari ikeneye intsinzi kugirango yizere neza gutwara igikombe Arsenal…

Posted on

Perezida wa Iran utacanaga uwaka na Israel yapfiriye mu mpanuka y’indege ya Kajugujugu

Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yitabye Imana aguye mu mpanuka ya kajugujugu yabaye ku Cyumweru, tariki 19 Gicurasi mu 2024. Iyi mpanuka yanahitanye abarimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Hossein Amir-Abdollahian. Televiziyo ya Irani niyo yemeje ko umukuru w’iki gihugu…

Posted on

Sobanukirwa Hepatite A, uko yandura, ibimenyetso byayo, uko ivurwa ndetse n’uko wayirinda

Hepatite A ni ukubabuka k’umwijima guterwa na Virusi ya Hepatita A izwi nka VHA. Uburyo bwibanze yanduriramo ni ukurya cyangwa kunywa amazi yandujwe n’urwaye iyi virus binyuze mu mwanda yitumye. Isuku nke mu mafunguro cyangwa se ku ntoki mbere yo…

Posted on

Uburyo abashatse guhirika ubutegetsi muri Kongo binjiye mu ngo y’umukuru w’igihugu n’ibyo bahakoreye bikomeje gutangaza benshi

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru tariki 19 Gicurasi 2024. Itsinda ry’abashatse guhirika ubutegetsi ryari riyobowe na Christian Mangala, umunye-Congo…

Posted on

Hongeye kwitabazwa Sukoi mu kugaba ibitero kuri M23

Amakuru dukesha Ubuyobozi bwa Sosiyete Sivile mu gace ka Masisi,yemeje ko ibitero by’indege zo mu bwoko bwa Suhkoi byibasiye ibirindiro bya M23 biri ku misozi ya Lukarara na Kamatale ho muri Teritwari ya Masisi ndetse no munkengero za Mushaki. Umunyamakuru…

Posted on

Dore ibimenyetso ugomba kwitondera kuko bisonura ko urwaye cyangwa ugiye kurwara umutima

Biba byiza kumenya ko ugiye kurwara mbere y’uko biba cyangwa bigitangira kuko bishobora kugufasha kwirinda, kwivuza ndetse bikakongera amahirwe yo gukira vuba. Niyo mpamvu uyu munsi iwacumarket yaguteguriye ibimenyetso bishobora kukwereka ko umutima waw ufite ikibazo cyangwa se wendaa kukigira….

Posted on

Dore ibintu 5 byoreheje abantu batazi bitandukanya abashakanye

Muri iki gihe usanga ingo nyinshi ziifite ibibazo rimwe na rimwe bikanabaviramo gutandukana kandi nyamara ari ibintu bishoboka ko bombi bakabaye birinda ariko kubera kutamenya ugasanga urugo rurasenyutse. Dore impamvu 5 zikomeye ziba intandaro yo gutandukana kw’abashakanye: 1. Kumena amabanga…

Posted on

Dore ibintu 5 utagomba guhatiriza mu rukundo

Mu rukundo buri wese aba yifuza ko bimera neza ndetse bikagera kure yifuza. Gusa uko waba ushaka gukunda cyangwa gukundwa, hari ibintu bitaremewe guhatirizwa ahubwo bitwarwa gake bikagerwaho cyangwa ntibikunde. Hari ibyo ushobora guhatiriza bikangiza urukundo. Niba ushaka kuba mu…

Posted on

Inyeshyamba nshya zinjiye my mirwano na M23

Abarwanyi ba M23 babyutse bahanganye n’inyeshyamba za NDC/Ndume ndume za Gen.Guidon Shimirayi. Uduce twa Ihura,Ibuga,umujyi wa Kashuga byagenzurwaga na FDLR ifatanyije na NDC/Ndume ndume za Gen.Guidon Shimirayi twigaruriwe na M23 mu mirwano yabyutse ibahanganishije. Abarwanyi ba M23 babyutse bahanganye n’inyeshyamba…

Posted on