U Rwanda rwavuze ku mukozi wa Human Rights Watch bivugwa ko yangiwe kwinjira my gihugu
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko uhagarariye Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch yangiwe kwinjira mu Gihugu nyuma yo gutanga amakuru y’ibinyoma mu Rwego Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka ku mpamvu yashakaga gusura u Rwanda. Mu itangazo u Rwanda rwasohoye kuri…
Abasore: Bisobanuye iki igihe umukobwa akubwiye ngo: NZABITEKEREZAHO? Dore ibintu 2 ukwiye kumenya kuri iki gisubizo
Iyo umukobwa avuze ko azabitekerezaho, ni ngombwa kumva ibintu bibiri. Ubwa mbere, birashobora gusobanura ko akeneye rwose umwanya wo gusuzuma ikibazo cyangwa icyemezo kiganirwaho kuburyo atazicuza nyuma. Abagore, kimwe n’abandi bose, bashobora gupima ibyiza n’ibibi mbere yo guhitamo, cyane cyane…
Dore ibintu 4 byagufasha gukiza telefoni yawe igihe iguye mu mazi
Niba bitarakubaho umunsi umwe bishobora kuzakubaho cyangwa uzi uwo byabayeho niyo mpamvu usabwa gusoma iyi nkuru ukanayisangiza inshuti zawe.Turarebera hamwe uko wabasha gutabara Telefone yawe yaguye mu mazi utabishaka. Umubare munini w’abatunze Telefone hafi ya bose zaguye mu mazi.Ababyeyi benshi…
Abakobwa: Dore abasore ugomba kwirinda mu rukundo rwawe
Benshi bavuga ko amaso akunda atabona neza nk’uko umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe yabiririmbye. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga urugo. Aba nibo basore 7 umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba…
Abasore: Dore amakosa 5 ugomba kwirinda gukora igihe uri kumwe n’incuti z’umukobwa ukunda
Hari amakosa umusore agomba kwirinda gukora igihe cyose ari kumwe n’inshuti z’umukobwa bakundana, kuko hari igihe ibikorwa runaka ashobora gukora cyangwa kubakorera bishobora kumuviramo gutandukana n’uwo yakundaga kandi atazi ko ariwe wabigizemo uruhare. Aya ni amwe mu makosa umusore akwiye…
Ntukwiye kwiheba kuko watandukanye n’umukunzi wawe ahubwo dore ibintu 6 ukwiye kubyigiramo
Iyo uwo mwakundanaga akwanze, usigarana agahinda no kumva wanze ibintu byose ndetse ugatangira kugira ugushidikanya kwinshi haba ku bushobozi bwawe bw’imibanire n’urukundo ndetse ukanatangira kwibaza niba hari icyizere ko uzongera kubona umukunzi uguhoza amarira. Nyuma yo gutandukana n’uwo mwakundanaga wumva…
Dore ibintu 4 ukwiriye gukora igihe ababyeyi bawe banze ko wowe n’umukunzi wawe mubana ndetse n’ikosa rikomeye ugomba kwirinda gukora
Mu rukundo abantu bahuriramo n’ibibazo byinshi bitandukanye byaba ibituruka hagati yabo ndetse no hanze nko mu miryango mu nshuti n’ahandi. Hari igihe havuka ikibazo ababyeyi bakabuza umwana wa bo gushyingiranwa n’uwo akunda kukbera impamvu zinyuranye. Ese mu gihe bikubayeho wabyifatamo…
Mahamat Déby, yatangajwe kumugaragaro ko yatsinze amatora ya perezida wa Tchad
Gen Déby yatsinze n’amajwi 61.3%, nk’uko urwego rw’amatora rw’igihugu rubitangaza, mu gihe mukeba we Minisitiri w’intebe Succes Masra, bari bahanganye yatsinze ku majwi 18.53%. Bwana Masra yari yatangaje mbere ko yatsinze mu cyiciro cya mbere cy’amatora ariko akavuga ko yibwe….
Nyamagabe: Umwana yagiye agiye gusura abaturanyi aza kuboneka yapfuye
Nyamagabe: Umwana wari wagiye gusura abaturanyi, yaje kuboneka ari mu cyobo cy’amazi byaje no kumuviramo urupfu, Polisi ivuga ko hatangiye iperereza. Byabereye mu karere ka Nyamagabe, mu Murenge wa Kaduha mu kagari ka Kavumu mu Mudugudu wa Kabuga. Umuvugizi wa…
Umugabo yatuburiwe(yambuwe) miliyoni 8RWF zose kubera amagi
RIB yatangaje ko hari umugabo wibwe miliyoni zirenga 8Frw abeshywa ko ahawe amagi ya Kagoma ashakishwa na Amerika, aza gusanga ari ay’inkoko basize irangi ry’ubururu. Uyu mugabo wibwe ubwo yahuraga n’abantu bamubwira ko hari Kagoma ‘eagle’ yatorotse muri Amerika maze…