Latest post

Ruhango: Abantu bahiye ubwoba abandi barahunga ubwo babonaga umugabo baraye bashyinguye atambagira mu gace yari atuyemo

Mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bwerankore haravugwa inkuru iteye amayobera aho umugabo witwa Hakizimana Silas, kuri uyu wa kabiri tariki 7 Gicurasi 2024 yagaragaye mu ruhame, kandi ku wa Mbere hari habaye umuhango wo kumushyigura bazi ko yapfuye….

Posted on

Rubavu: Umukozi wa Ritco yagonze mugenzi we ahita apfa

Imodoka y’ikigo gitwara abagenzi ya, Ritco yagongeye umukozi wacyo wakataga amatike muri Gare ya Rubavu, arapfa. Umukozi wagonzwe n’iyo modoka yitwa Furaha. Iyi mpanuka yamuhitanye yabaye ku wa Gatatu tariki 8 Gicurasi 2024. Iyi mpanuka yaturutse ku kuba uyu mukobwa…

Posted on

RIB Yafunze Yaka Mwana n’abandi bakoresha YouTube Mu Kuvuga Iby’Urukozasoni

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gushyira ahagaragara amashusho yerekeranye n’imikoreshereze y’ibitsina hakoreshejwe mudasobwa cyangwa urusobe rwa mudasobwa, icyaha cyo gukora ibiterasoni mu ruhame n’icyaha…

Posted on

Rutahizamu Elijah mu nzira zo gukinira Amavubi

Amakuru aremeza ko Ani Elijah w’imyaka 24 ukomoka muri Nigeria, yamaze kwemera gukinira ikipe y’igihugu ’Amavubi’ nk’uko umwe mu bamuhagarariye yabitangaje. Kuri uyu wa gatat,tariki ya 08 Gicurasi nibwo byamenyekanye ko uyu mukinnyi ufite ibitego 15 muri shampiyona y’u Rwanda…

Posted on

Dore imitoma 12 irenze wakoherereza umukunzi wawe uyu mugoroba mu butumwa bugufi ukagusha neza umutima we

Burya kugira ngo urukundo rukomeze rutohe ruruheho kuryoha bituruka ku bintu byinshi birimo n’amagambo abakundana babwirana. Menya amagambo akwiriye wabwira umukunzi wawe ubinyujije mu butumwa bugufi bikamushimisha cyane. Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane…

Posted on

Nyuma y’imyaka 3 abivuze Umuhanzi Chriso yujuje BK Arena aba uwa Kabiri uciye aka gahigo mu Rwanda

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ndasingwa Jean Chrysostome wamamaye nka Chryso Ndasingwa, yafashije ibihumbi by’Abakirisitu bari buzuye mu nzu mberabyombi ya BK Arena, kwegera Imana no kuyishimira ubuntu n’ineza yayo y’ibihe byose, ubwo yabamurikiraga Album ‘Wahozeho’. Ni…

Posted on

Igisobanuro n’inkomoko y’izina Naomie ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo….

Posted on

Dore impamvu ukwiye kujya urya imbuto aho kuzikoramo umutobe

Kumva ko imitobe nta musemburo ubamo bituma abantu benshi bayikunda ku buryo n’imbuto aho kuzirya uko zakabaye bahitamo kuzisya ngo zivemo umutobe. Nubwo abantu bahitamo kunywa umutobe wakozwe mu rubuto runaka aho kwicara hasi ngo barurye uko, abahanga mu by’imirire…

Posted on

Igisonuro n’inkomoko by’izina Chryso ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Buri mubyeyi wese iyo abyaye umwana aba yifuza kumwita izina ryiza, rigezweho kandi rifite igisobanuro cyiza bitewe n’ibyo amwifuriza mu buzima. Iyi ni nayo mpamvu nyamukuru yatumye InyaRwanda yiyemeza kujya ikugezaho ibisobanuro by’amwe mu mazina abanyarwanda bakunze kwita abana babo….

Posted on

U Rwanda rwamenyesheje Amerika ko yarengereye ishinja ingabo zarwo kwica impunzi

Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashinje ingabo zarwo kurasa ku baturage bavuye mu byabo mu nkengero z’umujyi wa Goma, mu gihe nta perereza ryigenga rirakorwa. U Rwanda rwagaragaje ko Amerika yarengereye cyane ibeshyera ingabo zarwo, mu…

Posted on