Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Amakosa 5 yangiza urukundo abantu bakora batabizi

    Mu rukundo hari amakosa umuntu akora atabizi ndetse bikaba byagira uruhare runini mu mibanire mibi n’umukunzi we cyangwa se bigasenya urukundo rwabo. Dore amakosa 5 abantu bakora mu rukundo batabizi ko arwangiza ntirurambe: 1. Umwikururaho Kwikurura ku mukunzi wawe cyane ni umwanzi wa mbere. Murakundana ariko ntujya umuha umwanya. Uhora umwikururaho. Ni ubwo byumvikana…

  • CIP Verdique Mutsinzi uyobora ikigo cy’inzererezi cya Gikondo yakatiwe

    Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwakatiye igifungo cy’iminsi 24 n’ihazabu y’ibihumbi ijana (100000 Frw) CIP Verdique Mutsinzi ukuriye Tranzit Center ya Gikondo. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha byo gufunga abitwa Twagirayezu Joel na NSHIMIYIMNA Aloys mu buryo bunyuranije n’amategeko. Mu rubanza rwasomewe mu ruhame kuri uyu wa 7 Ukwakira 2024 mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro,…

  • Cuba ishaka kwinjira mu muryango BRICS uyobowe na Vladimir Putin

    Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubufatanye muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Cuba, Carlos Pereira, yatangaje ko igihugu cyabo cyamaze gusaba kuba umunyamuryango wa BRICS. BRICS yashinzwe n’ibihugu bitanu bifite iterambere riri kwihuta mu 2006. Ibyo ni Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’u Bushinwa, byiyongereyeho Afurika y’Epfo mu 2011. Uyu muryango wakomeje gukura bitewe ahanini n’uruhare ibihugu…

  • WHO irategenya guha u Rwanda miliyari 9 Frw zo guhangana na Marburg

    Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) ryatangaje ko ririmo gushaka miliyari zisaga 9 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 7.7 z’amadolari y’Amerika), guhera mu kwezi k’Ukwakira kugera mu Kuboza 2024, yo gufasha Guverinoma y’u Rwanda mu guhangana n’icyorezo cya Marburg. Iyo nkunga WHO yatangaje ko izafasha ishami rya UN ry’ubuzima mu bikorwa bitandukanye. Iyi nkunga,…

  • Umusifuzikazi yahagaritswe burundu nyuma yo kuryamana n’umuyobozi we

    Umusifuzikazi witwa Elif Karaarslan w’imyaka 24, yahagaritswe burundu nyuma y’aho hagaragaye amashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’umuyobozi we umukubye hafi inshuro eshatu mu myaka. Elif Karaarslan yatangiye gusifura imikino muri Turikiya nyuma y’uko imvune zatumye asezera gukina umupira w’amaguru. Kuri ubu, kuva tariki ya 4 Ukwakira, yahagaritswe burundu n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Turikiya (TFF)…

  • Benjamin Netanyahu yasabye abaturage ba Liban ikintu gikomeye kugirango birinde ko igihugu cyabo gisenyuka nka Gaza

    Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko abaturage ba Liban bagomba kwitandukanya na Hezbollah kugira ngo birinde ko igihugu cyabo cyasenywa na Israel, nk’uko yabigenje mu gace ka Gaza. Kugeza ubu abantu barenga 1.400 bamaze kugwa mu bitero karundura bya Israel muri Liban, byibanda cyane mu Majyepfo y’igihugu no mu Murwa Mukuru w’icyo…