Latest post

Inama : Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko ushobora kuba waranduye SIDA utabizi

Mu buzima, abantu bagirwa inama yo kwirinda no guhora bisuzumisha.Leta y’u Rwanda isaba abantu kwigengesera cyane mu buzima bwabo kugira ngo hato batazarwara nibabimenye, niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bimenyetso bike ushobora kwibonaho ukaba waranduye SIDA bigasaba…

Posted on

Zuchu yavuze impamvu yatumye yahukana ndetse na post ze na Diamond akazisiba ku mbuga ze

Zuchu aherutse gusiba amafoto ya Diamond ku mbuga nkoranyambaga ze ayandi arayahisha bitera urujijo abatari bake. Nyuma y’ibyo yaje gushyira umucyo ku kibazo yavuzweho cyo kwahukana. Zuchu wakunzwe muzitari nke yahishuye impamvu yagiye agata Diamond Platnumz , Mama Dangote na…

Posted on

M23 yahakanye amakuru ayishinja ko yafashe Rubaya ngo icukure Coltan ihari ku bwinshi

Umvugizi wa gisirikare w’umutwe wa M23 yabwiye BBC ko bafashe umujyi wa Rubaya muri teritwari ya Masisi – hamwe mu hantu hacukurwa coltan nyinshi ku isi. Ingabo za leta ntacyo ziravuga ku bitangazwa na M23. Imirwano ikomeye yashyamiranyije inyeshyamba za…

Posted on

Polisi yasobanuye birambuye ibya perimi zizakorerwa ku modoka za ‘automatique’

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga za ‘automatique’ zizajya ziba zifite ibimenyetso byihariye biziranga kugira ngo harebwe niba batwaye imodoka bafitiye uburenganzira. Yabigarutseho mu Kiganiro Waramutse Rwanda cya RBA, cyo…

Posted on

M23 yafashe agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro nyuma yo kwivugana benshi mu ngabo za FARDC

Agace kazwiho ubutunzi kamere bw’amabuye y’agaciro ka Rubaya,ubu karagenzurwa n’inyeshyamba za M23,zakubise inshuro FARDC n’abambari bayo bafatanyije ku rugamba. Rubaya iragenzurwa n’umutwe wa M23 nyuma y’imirwano ikaze bivugwa ko yaguyemo ingabo za Leta 67 , Wazalendo 45 n’ingabo z’u Burundi…

Posted on

Kigali: Pasiteri yacunze ku jisho abayoboke b’itorero rye agurisha urusengero batabizi

Abayoboke b’Itorero Iriba ry’Ubugingo basengeraga mu rusengero rwubatse mu karere ka Gasabo mu murenge wa Bumbogo mu udugudu wa Ruraza, baratabaza nyuma y’uko Pasiteri wabo abaciye mu rihumye akagurisha urwo rusengero basengeragamo. Abo bayoboke b’iri torero, bavuga ko muri 2014…

Posted on

Rwamagana: Umugabo yagiye gusambana n’umugore w’abandi ahura n’uruva gusenya

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, Nibwo mu rugo ruherereye mu Mudugudu w’Urugwiza, Akagari ka Binunga mu Murenge wa Munyiginya, Akarere ka Rwamagana, hatemewe umugabo wari waje gusambanya umugore wo muri urwo rugo. Abaturage bavuze…

Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso 10 byizewe byakwereka ko umukobwa yagukunze ndetse ko watera intambwe ukamusaba urukundo

Gukunda no gukundwa ni ibintu byizana, kandi ntawe bitabaho muri iyisi dutuyeho, yaba ashaje cyangwa ari muto. Gusa ikigora ni ukumenya ugukunda koko bya nyabyo….Bityo hano twabahitiyemo bimwe mu bimenyetso bigera ku 10 bizereka umuhungu umukobwa wamukunze. 1. Inseko Umukobwa…

Posted on

Abakobwa: Dore abasore 5 ugomba kwirinda gukundana na bo

Benshi bavuga ko amaso akunda atabona neza nk’uko umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe yabiririmbye. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga urugo. Aba nibo basore 7 umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba…

Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Providence n’uko abaryitwa bitwara

Akenshi usanga abantu bitwa amazina y’amanyamahanga bakunze kuba batazi aho akomoka cyangwa icyo asobanura. Ni muri urwo rwego InyaRwanda ibafasha gusobanukirwa amwe muri yo ndetse n’imiterere ikunze kuranga abantu bayitwa. Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana, ngo usanga izina ry’umuntu…

Posted on