Dore ibintu 5 abagabo benshi batazi byangiza intangangabo mu buryo bukomeye bikaba byanatera ubugumba
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza…
Ukraire mu nzira yo gutsindwa urugamba nyuma yo kubura intwaro no gutakaza morale kw’abasirikare bayo
Ukraine ikomeje gutabaza u Burengerazuba bw’isi ngo buyihe amasasu n’uburyo bwo kurinda ikirere kuko bashiriwe bakaba batakibasha kwirinda. Ubu busabe Perezida Zelensky abubyukije nyuma y’uko misile eshatu ingabo z’u Burusiya zarashe zahitanye abantu 20 mu gace ka Chernihiv ko mu…
Igikombe cy’Amahoro: Bugesera yatsinze Rayon Sports muri 1/2 iyitezamo umwiryane
Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, abafana banga gukomera amashyi abakinnyi ndetse na Perezida wayo ataha kare. Igitego cya Ssentongo Farouk Ssentongo Saifi nicyo cyafashije Bugesera FC gutsindira Rayon Sports iwayo…
Nyuma y’amasaha make akoze ubukwe, umugeni yaguye muri pisine arapfa
Umugeni wari umaze amasaha make ashyingiwe, yapfiriye mu kwezi kwa buki yari agiyemo mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma yo kunyerera akagwa muri pisine. Ibi bintu bibabaje byabaye ku cyumweru nyuma ya saa sita ku nzu iri mu mujyi wa Limeira…
Arsenal yasezerewe naho Real Madrid ibabaza bikomeye Manchester City
Ikipe ya Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena. Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu…
Umunyamakuru M. Irene yamaze kwimukira muri Canada. hakomeje kwibazwa uko bizagendekera Vestine na Dorcas yari asanzwe afasha
Umunyamakuru Murindahabi Irene wamenyekanye nka M. Irene uzwi mu ishami ry’imyidagaduro mu gufasha abahanzi barimo nka Vestine na Dorcas, akaba yaranamamaye kuri YouTube binyuze kuri shene ye yitwa MIE Empire, yimukiye muri Canada. Aya makuru akijya hanze byatumye abantu benshi…
Muhanga: Abaturage ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw’akarere kabategetse kurandura ibishyimbo byabo biteze
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga ko Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze bwabategetse kurandura ibishyimbo biteze bubabwira ko imirimo yo kubaka ikibuga cy’umupira w’amaguru igiye gutangira. Abo baturage bavuga ko batijwe ubutaka n’Akarere ka Muhanga bwo…
Uzandongora? cyangwa ni ukunkoresha gusa? Zuchu yakije umuriro kuri Diamond
Mu gitaramo bakoreye i Pangani, umuhanzikazi Zuchu ku rubyiniro yabajije Diamond gahunda amufiteho niba afite gahunda yo kumushyira mu rugo cyangwa arimo amukoresha gusa. Mu ijoro ryakeye, mu gace ka Pangani gaherereye muri Tanga habereye igitaramo mbaturamugabo cyahuje abahanzi barimo…
Inkomoko n’Igisobanuro cy’izina Kelia n’uko abaryitwa bitwara
Kelia ni izina ry’umukobwa rifite inkomoko muri Brazil no mu rurimi rw’Igiheburayo, rikaba risobanura ‘umurwa’ cyangwa se ‘umuntu uhuza imiryango.’ Mu migenzo ya Giheburayo, ijambo ‘umurwa/inyubako ndende’ ryakoreshwaga bashaka kuvuga igihome kinini kiri mu mujyi ukikijwe n’inkike. Iri zina ryakoreshejwe…
Dore ibyo ugomba kwirinda gukora mbere na nyuma yo gutera akabariro
Kubonana kw’abashakanye cyangwa abakundana kwiza ni kumwe kurangwa n’urukundo. Ibikorwa mbere na nyuma yo gutera akabariro bigira uruhare runini ku buzima bw’imyororokere yanyu, niyo mpamvu ukwiye kumenya ibyo ukwiye n’ibyo udakwiye gukora yaba mbere na nyuma yo kubonana n’urukundo rw’ubuzima…