Latest post

Igikombe cy’Amahoro: Ubujurire bwa Rayon Sports ku mukino wayo na Mukura VS bwatewe utwatsi. Ese iraguma ku cyemezo cyayo?

Share this:

Komisiyo y’Ubujurire y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yateye utwatsi ubujurire bwa Rayon Sports yari yagaragaje ko icyemezo cyafashwe n’iri Shyirahamwe, ko izongera gukina na Mukura VS mu mukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro kidakwiye. Rayon Sports yari yajuriye ku wa…

Share this:
Posted on

Icyo M23 ivuga kuri Kabila wamaze kugera i Goma ndetse n’ikigiye gukurikiraho

Share this:

Mu gihe ibintu bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, inkuru y’uko Joseph Kabila, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, yageze i Goma – umujyi uri mu maboko y’umutwe wa M23 – ikomeje gutera impagarara n’amatsiko…

Share this:
Posted on

Kirimobenecyo wahanze ibendera n’ikirangantego by’u Rwanda ndetse n’inote nyinshi zikoreshwa ubu yitabye Imana. Byinshi ku buzima bwe

Share this:

Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, ntakiri kuri Isi. Yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu afite imyaka 66 y’amavuko. Ni we wahanze byinshi mu birango bikoreshwa mu gihugu magingo aya, kuva ku…

Share this:
Posted on

Burundi: Uwahoze ari SG wa FFB Yatawe muri yombi ashinjwa gufasha AFC/M23 no kumva urubuga rw’imikino rwo mu Rwanda

Share this:

Mu gihe akarere k’u Burundi kagaragaza ibimenyetso by’ihungabana mu bwisanzure n’uburenganzira bwa muntu, inkuru idasanzwe yatumye benshi bacika ururondogoro.   Manirakiza Jérémy, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burundi (FFB), yafunzwe ku itegeko rya Perezida Ndayishimiye Evariste, nyuma…

Share this:
Posted on

Ntawe ushaka gutanga byinshi: Dore ibyo AFC/M23 yasabye Leta ya RDC mu biganiro biri kubera i Doha muri Qatar

Share this:

Hagiye gushira ibyumweru bitatu abahagarariye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro AFC/M23 batangiye ibiganiro bikomeye bibera i Doha muri Qatar, mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo, nyuma y’imyaka myinshi y’imirwano ikurikirana. Ibi biganiro…

Share this:
Posted on

Bamwe mu basirikare bakuru barimo na ba General ba RDC batangiye kuburirwa irengero: Igisirikare gishobora gucikamo ibice nyuma y’uko Joseph Kabila ahisemo kujya i Goma

Share this:

Amakuru ava ahantu hizewe aravuga ko bamwe mu basirikare bakuru ba FARDC (Forces Armées de la République Démocratique du Congo) bagaragaje ubushake bwo kwifatanya n’umutwe wa M23 n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC). Ni nyuma y’uko Joseph Kabila, wahoze ari…

Share this:
Posted on

U Burundi bwanyomoje Minisitiri Kayikwamba wa RDC wavuze ko i Burundi habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu 1994

Share this:

U Burundi biciye muri Amb. Gateretse Ngoga Frédéric usanzwe ari Umujyanama Mukuru ku bufatanye mpuzamahanga, amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bwanyomoje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC uheruka gutangaza ko mu 1994 kiriya gihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abahutu….

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye yongeye kugaragara ahetse umusaraba ku wa Gatanu Mutagatifu

Share this:

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kugaragara ahetse umusaraba, ubwo yari kumwe n’itsinda ry’abakristu ba Kiliziya Gatolika. Ndayishimiye yagaragaye ahetse umusaraba ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata, ubwo abakristu bo hirya no hino ku Isi bizihizaga umunsi w’Uwa Gatanu…

Share this:
Posted on

Munyakazi Sadate yinjiye mu kibazo cya Mayor wa Nyanza bivugwa ko yirukanwe ku nshingano ze akanafungwa azize inshoreke ye

Share this:

Inkuru zitandukanye zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zivuga ku mibanire ya Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza n’umugore bivugwa ko baba bakundana, nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’amasaha make akuwe…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ibyo Perezida Tshisekedi yahise akora akimara kumenya ko Joseph Kabila yasanze AFC/M23 anyuze i Kigali

Share this:

Mu masaha make gusa nyuma y’uko hagaragaye amakuru yemeza ko Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageze mu Mujyi wa Goma anyuze mu Rwanda, ibintu byahinduye isura mu biro bikuru bya Perezida Félix Antoine…

Share this:
Posted on