Latest post

Ntawe ushaka gutanga byinshi: Dore ibyo AFC/M23 yasabye Leta ya RDC mu biganiro biri kubera i Doha muri Qatar

Share this:

Hagiye gushira ibyumweru bitatu abahagarariye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro AFC/M23 batangiye ibiganiro bikomeye bibera i Doha muri Qatar, mu rwego rwo gushaka amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo, nyuma y’imyaka myinshi y’imirwano ikurikirana. Ibi biganiro…

Share this:
Posted on

Bamwe mu basirikare bakuru barimo na ba General ba RDC batangiye kuburirwa irengero: Igisirikare gishobora gucikamo ibice nyuma y’uko Joseph Kabila ahisemo kujya i Goma

Share this:

Amakuru ava ahantu hizewe aravuga ko bamwe mu basirikare bakuru ba FARDC (Forces Armées de la République Démocratique du Congo) bagaragaje ubushake bwo kwifatanya n’umutwe wa M23 n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC). Ni nyuma y’uko Joseph Kabila, wahoze ari…

Share this:
Posted on

U Burundi bwanyomoje Minisitiri Kayikwamba wa RDC wavuze ko i Burundi habaye Jenoside yakorewe Abahutu mu 1994

Share this:

U Burundi biciye muri Amb. Gateretse Ngoga Frédéric usanzwe ari Umujyanama Mukuru ku bufatanye mpuzamahanga, amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe, bwanyomoje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa RDC uheruka gutangaza ko mu 1994 kiriya gihugu cyabayemo Jenoside yakorewe Abahutu….

Share this:
Posted on

Perezida Ndayishimiye yongeye kugaragara ahetse umusaraba ku wa Gatanu Mutagatifu

Share this:

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kugaragara ahetse umusaraba, ubwo yari kumwe n’itsinda ry’abakristu ba Kiliziya Gatolika. Ndayishimiye yagaragaye ahetse umusaraba ku wa Gatanu tariki ya 18 Mata, ubwo abakristu bo hirya no hino ku Isi bizihizaga umunsi w’Uwa Gatanu…

Share this:
Posted on

Munyakazi Sadate yinjiye mu kibazo cya Mayor wa Nyanza bivugwa ko yirukanwe ku nshingano ze akanafungwa azize inshoreke ye

Share this:

Inkuru zitandukanye zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga zivuga ku mibanire ya Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza n’umugore bivugwa ko baba bakundana, nyuma yuko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko uyu muyobozi yatawe muri yombi nyuma y’amasaha make akuwe…

Share this:
Posted on

Hamenyekanye ibyo Perezida Tshisekedi yahise akora akimara kumenya ko Joseph Kabila yasanze AFC/M23 anyuze i Kigali

Share this:

Mu masaha make gusa nyuma y’uko hagaragaye amakuru yemeza ko Joseph Kabila Kabange, wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yageze mu Mujyi wa Goma anyuze mu Rwanda, ibintu byahinduye isura mu biro bikuru bya Perezida Félix Antoine…

Share this:
Posted on

Ingabo za SADC zashyize zemera gutaha zinyuze mu Rwanda. Ese ibi bisobanuye iki?

Share this:

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zemeye kuva ku izima zikanyura mu Rwanda mu gihe zizaba zitashye. Amakuru agera kuri IGIHE ni uko izi ngabo zirimo iza Afurika y’Epfo, Tanzania na…

Share this:
Posted on

Kanyinya: Habaye impanuka y’imodoka 2 ihitana abantu 2 abandi benshi barakomereka

Share this:

Abantu babiri bapfuye, abandi barindwi barakomereka mu mpanuka y’imodoka eshatu yabereye mu muhanda uva i Kigali werekeza i Musanze ahazwi nka Kanyinya. Iyi mpanuka yatewe n’imodoka eshatu zagonganye. Imwe yari iya Toyota Hilux (Vigo) yatambutse ku yari iri imbere yayo…

Share this:
Posted on

Inkuru ibaye impamo. Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC yasesekaye i Goma nk’uko aherutse kubitangaza. Ese ibi bisobanuye iki ku rugamba M23 irimo kurwana?

Share this:

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC, yageze mu Mujyi wa Goma nyuma y’iminsi mike atangaje ko agiye gutaha anyuze mu Burasirazuba bw’igihugu. Amakuru avuga ko Kabila wari umaze iminsi aba muri Afurika y’Epfo yageze i Goma ku gicamunsi cyo kuri uyu…

Share this:
Posted on

Perezida Tshisekedi yasinyanye amasezerano n’abacancuro bashya

Share this:

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasinyanye amasezerano akomeye n’umucancuro w’Umunyamerika Erik Dean Prince, ashingiye ku kohereza abacancuro b’inzobere kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro ndetse no kugenzura imisoro yinjira n’isohoka mu gihugu. Amakuru yemejwe n’ibiro ntaramakuru bya…

Share this:
Posted on