by
Month: March 2026

Dore ibimenyetso byakwereka ko ufite ikibazo cy’umutima
Muri iki gihe indwara zitandukanye z’umutima zisigaye zibasira abatari kw’isi ndetse no mu Rwanda, ku buryo buri mwaka abantu batari bake bapfa bazize indwara zibasira umutima. Gusa usanga abantu bitiranya…
by

Ibihumbi by’Abanyamerika byiraye mu mihanda byamagana Donald Trump
Imyigaragambyo yagutse yo kwamagana ubuyobozi bwa Trump yabereye mu mijyi yo muri Amerika itandukanye, bikaba bibaye ku nshuro ya gatatu habaye iyi myigaragambyo yiswe “No Kings” mbere yigeze gukurura abantu…
by

Umugore yafatanwe umurambo w’umwana we yawushyize mu ivarisi
Umugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi afite umurambo w’umwana we, bikavugwa ko yamwishe umurambo akawushyira mu ivalisi. Uwo mugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi mu Ntara ya Butanyerera, mu gito…
by

Jason Derulo ugize imyaka 37 ntiyumva ukuntu akiri ingaragu
Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu. Jason Derulo…
by

Donald Trump yavuze uburyo igikomangoma cya Arabie Saoudite kimucinyaho inkoro
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yigambye ko Igikomangoma cya Arabie Saoudite, Mohammed bin Salman (MbS), amucinyaho inkoro. Ibi Trump yabigarutseho ubwo yari mu nama ngarukamwaka y’ikigega…
by

Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya wowe ntubimenye
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru…
by
Recent Posts

Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa

Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi

Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka
















