•
Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora…
•
Umugore witwa Akhona Makalima n’umwe mu basifuzi bari kuzamuka cyane mu mupira w’amaguru w’afurika gusa uburanga bwe bukomeje gutuma amenyekana cyane. Uyu mugore w’imyaka 32 aheruka gusifura umukino wa Cosafa uherutse guhuza Zambia na Lesotho kuwa Kane. Uyu niwe mugore wa mbere wahawe ibyangombwa byo kuba umusifuzi mpuzamahanga muri Afurika y’Epfo aho…