by
Category: Ubuzima
Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga

Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho
Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo…

Gatsibo: Umwarimu yatawe muri yombi “nyuma yo gusanga umunyeshuri aryamye mu icumbi rye”
Gatsibo: Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB na Polisi zataye muri yombi umwarimu nyuma yo gufungura inzu ye bagasangamo umunyeshuri ufite imyaka 15, waburiwe irengero kuva ku mu mpera z’iki cyumweru (weekend yose)….
by

Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba wogosha insya ukamaraho
Kogosha umusatsi wo ku myanya y’ibanga ukawumaraho ,abahanga bahamya ko atari byiza kubera impamvu zitandukanye nkuko tugiye kubireba muri iyi nkuru ningombwa ko ugira isuku ariko ukanarinda ubuzima bwawe. Ubwoya…
by

Ni iki gitera ibiheri? Ese gukora imibonano bikiza ibishishi? Sobanukirwa
Wigeze wibaza impamvu tuzana ibiheri? Byaba biterwa no guhangayika? Kuki abakobwa bazana ibiheri iyo bagiye mu mihango? Kuki se abana benshi bageze mu gihe cy’ubugimbi n’ubwangavu bazana ibiheri bakunze kwita…
by

Wari uzi ko ushobora kuba ingumba utarabivukanye! Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo umugabo wese akwiye kwirinda
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza….
by

Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso ndetse n’inkovu zabyo
Hari abantu baba barazengerejwe n’ibiheri byo mu maso, cyangwa uruhu rwabo rukaba rufite amavuta menshi bityo no mu gihe umuntu akize ibyo biheri hagasigara inkovu z’umukara mu maso. Ku bafite…
by

Ntibisanzwe! Umwana wa mbere yavutse hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye
Umwana w’umuhungu yabaye uwa mbere uvukiye mu Bwongereza hifashishijwe nyababyeyi y’uwapfuye igashyirwa muri nyina. Hugo Powell yabyawe nyina abazwe mu Ukuboza apima ibilo 3,1, avukira mu Bwongereza , ku bitaro…
by

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi umugore uherutse gukubitira inshyi umugabo we ku muhanda
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi, yatawe muri yombi ndetse dosiye ye ikaba yatangiye gukorwa ngo ishyikirizwe…
by
















