Ngoma: Inkuba yakubise abantu 26
Abantu 26 bo mu Karere ka Ngoma bakubiswe n’inkuba, umwe ahita yitaba Imana mu gihe abandi bajyanywe kwa muganga. Iyi nkuba yakubise abaturage ahagana Saa Tanu zo kuri uyu wa…
Buy or Sell in a Minute in Rwanda
Amakuru arebana mu buzima yaba mu Rwanda mu Karere no mu mahanga
Abantu 26 bo mu Karere ka Ngoma bakubiswe n’inkuba, umwe ahita yitaba Imana mu gihe abandi bajyanywe kwa muganga. Iyi nkuba yakubise abaturage ahagana Saa Tanu zo kuri uyu wa…
Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo…
Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, hari ubusitani bumaze imyaka ine, butangijwe na Madamu Jeannette Kagame bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso), mu Karere ka Kicukiro, hagamijwe kwibuka…
Abantu bagera kuri 30 bapfiriye mu muvundo wabereye mu marembo y’inyubako ya Citadelle Laferrière iri mu murage w’Isi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO. Ibi byabaye…
Impyiko ni inyama zo mu nda zikora akazi gakomeye mu mubiri w’umuntu. Zigize urwungano rushinzwe gusohora imyanda mu mubiri, aho ziyungurura amaraso, imyanda irimo igasohokera mu nkari. Kimwe n’ibindi bice…
Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika. Aka gasabo ku muntu umaze kuva mu bwana kaba gafite umurambararo wa…
Indwara y’ibimeme ’pied d’athlète’ ni indwara ikunda gufata ku birenge hagati y’amano, uretse ko hari n’ababirwara hagati y’intoki. Ariko nubwo ari indwara ibangama cyane ikabuza umuntu kuba yakwambara inkweto runaka…
Ni kenshi abantu bakunze kugaruka ku ndwara y’imisuha, bamwe bavuga ibi, abandi bavuga biriya harimo n’impaka z’uko iyi ndwara yaba ikururwa no kuvuza bimwe mu bikoresho bya muzika bivuga bahushyemo…
Impeta umurimbo ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uwita uhindura igisobanuro. Nk’uko bitangazwa n’urubuga WWW.RMRS.Com…
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yatangaje ko Umufaransa wakatiwe urwo gupfa mu Bushinwa mu 2010 azira gucuruza ibiyobyabwenge, yamaze kwicwa nk’uko inkuru dukesha RFI ivuga.…