•
Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi yifashishwa mu kuvura inkorora, ibicurane na bumwe mu burwayi bwo mu muhogo.Tangawizi yongerwa mu…
•
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe na zimwe zitari nziza. Hari izo umusore aba yaravukanye ari kamere ye cyangwa izo…
•
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza zitandukanye bagaragaza ibi bintu 5 bigira uruhare mu kwangiza intanga z’abagabo. Kunywa ibiyobyabwenge Ku…
•
Hitabajwe penariti ikipe y’igihugu ya Espagne yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Morocco ihagarariye umugabane w’Afuruka, mu mikino ya 1/8 mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera muri Qatar. Mu mukino watangiye gukinwa saa kumi n’imwe kuri Education City Stadium, ikipe y’igihugu ya Espagne yazamutse ari iya 2 mu itsinda E yatsindiwe kuri penariti n’ikipe y’igihugu…
•
Ku ya 26 Gashyantare 2022 nibwo habaye ijonjiora ryo gutoranya abakobwa 20 bagomba kujya mu mwiherero wa nyuma wa Miss Rwanda 2022, bavuye muri 70 bari batoranyijwe mu Ntara 4 n’Umujyi wa Kigali, muri aba bakobwa 20 umwe yarasezeye hasigaye 19. Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki kugirango hatorwe nyampinga w’u Rwanda 2022,…
•
Mu busanzwe hari ibintu bikomeye tuzi neza ko bishobora kwangiza umutima wacu. Usanga abantu benshi bagerageza no kubyirinda kubera gutinya indwara z’umutima. Ariko burya hari n’utundi tuntu duto dukora tutazi ko dushobora kwangiza umutima wacu. Muri iyi nkuru twaguteguriye bimwe mu bintu bito ushobora kwirengagiza nyamara bituma umutima ugenda wangirika cg utangira gukora…
•
Umugore witwa Akhona Makalima n’umwe mu basifuzi bari kuzamuka cyane mu mupira w’amaguru w’afurika gusa uburanga bwe bukomeje gutuma amenyekana cyane. Uyu mugore w’imyaka 32 aheruka gusifura umukino wa Cosafa uherutse guhuza Zambia na Lesotho kuwa Kane. Uyu niwe mugore wa mbere wahawe ibyangombwa byo kuba umusifuzi mpuzamahanga muri Afurika y’Epfo aho…