Iran yahize guhana Israel, Amerika ishinjwa gusubiramo amakosa yakoze muri Iraq
Ambasaderi w’u Burusiya mu Muryango w’Abibumbye, Vassily Nebenzia, yamaganye ibitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziherutse kugaba kuri Iran, ndetse ashimangira ko iki gihugu gishaka gusubiramo amakosa cyakoze muri Iraq ubwo cyayiteraga mu 2003. Ni ingingo Ambasaderi Nebenzia yagarutseho ku…
Ibindi bivugwa ku mugore wapfiriye kwa Pasiteri nyuma yo kurarana – Yavuye mu rugo abwiye umugabo ko agiye mu bukwe
Umugore w’imyaka 30 wari waturutse mu Ntara y’Iburasirazuba wasanzwe yapfiriye mu nzu icumbitsemo Umupasiteri wo mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo, bivugwa ko yari yavuye iwe abwiye umugabo we ko agiye mu bukwe i Kigali. Nyakwigendera yitwa Mukeshimana Esther…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ukunda azavamo umugore mwiza
Ubusanzwe bimwe mu birori umuntu yishimira cyane iyo ari ku isi ni umunsi w’ubukwe bwe. Ibi akenshi binaterwa n’uko ukora ubukwe aba yaragize uruhare mu kubitegura no guhitamo uwo bazabana akaramata. Iyo rero witegura ubukwe, ntuba wifuza ko ibyishimo bizasigara…
Dore abantu batemerewe kunywa Tangawizi. Niba uru umwe muri bo ukwiye kuyitondera
Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi…
Pep Gualdiola uzi neza Messi na Haaland yavuze ukwiye kwegukana ballon d’or ya 2023
Kuri uyu wa gatanu umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Gualdiola watoje Messi mu ikipe ya FC Barcelone ubu akaba atoza Haaland muri City yatoranyijemo umwe muri aba bakinnyi ukwiye kwegukana Ballon d’Or y’uyu mwaka. Ubwo yari ari mu kiganiro…
Jose Mourinho agiye kwerekeza mu ikipe ikomeye yahozemo mbere
Inkuru ishobora gutungura abantu benshi yiriwe ivugwa itari yitezwe ko yashoboka mu byiyumviro by’abantu ni iy’umutoza Jose Mourinho ushobora gusubira gutoza ikipe ikomeye yakoreyemo amateka. Inkuru dukesha “La Republlica” iravuga ko Jose Mourinho yifuzwa cyane n’ikipe ya Real Madrid kugirango…
Cristiano Jr yateye intambwe ikomeye igera ikirenge mu cya se
Kuri uyu wa kane umuhungu mukuru wa Cristiano Ronaldo yateye intambwe ikomeye cyane imwerekeza ku kuba umukinnyi uhambaye ku isi nk’uko se amaze imyaka irenga 20 abigenza. Cristiano Ronaldo Jr imfura ya Cristiano Ronaldo yamaze gusinyira ikipe y’abatarengeje imyaka 13…
Biteye agahinda! Nyagatare, inkubi y’umuyaga utagira imvura isize abaturage iheruheru [AMAFOTO]
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2023, saa yine za mu gitondo, inkubi y’umuyaga utari mu mvura wasambuye inzu ndetse wangiza n’imyaka y’abaturage yiganjemo urutoki, mu Kagari ka Gacundezi na Nyarupfubire mu Murenge wa Rwimiyaga, ahari hamaze kubarurwa…
Rwabuze gica! Yandikiye RIB asaba ko asubirana Imodoka yahembwe Bahavu Jeannette
Imodoka yahembwe Bahavu Jeannette nk’umukinnyi wa Filimi ukunzwe kurusha abandi muri Rwanda International Movie Awards yongeye kuba ikibazo, aho kugeza ubu uwari uyitunze mbere yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB asaba ko yayisubizwa kuko abayiguze batubahirije amasezerano. Nkuko amakuru dukesha igihe.com…
Ikibuno ku gitsinagore kiza ku isonga mu bikurura abagabo cyane
Mu buzima bwacu bwa buri munsi no mu mibereho ya muntu, biragorana cyane ko umuntu umwe yahuza n’undi ijana ku ijana mu bijyanye n’ibyuyumvo ndetse n’amarangamutima abaranga. Nyamara nubwo bimeze bityo, biranashoboka cyane ko usanga abantu benshi bashobora guhuriza ku…