Hatanzwe iminsi ibiri y’ikiruhuko(Conge) cya Pasika
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 3 Mata 2026 no ku wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026 ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego…
Nta bubasha nari niteze kuri Macron ukubitwa n’umugore – Donald Trump
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuziza kwanga kumuha ubufasha mu ntambara Amerika iri kurwana muri Iran, ashimangira ko ari umugabo…
Ibimenyetso byakwereka ko umwijima wawe uri kwangirika n’ibyo wakora mu kuwurinda
Umwijima ni rwo rugingo runini mu mubiri kandi rugira uruhare runini mu mikorere itandukanye y’umubiri. Akamaro gakomeye k’umwijima ni: Ugendeye kuri aka kamaro gatandukanye umwijima ugira, ni ngombwa kuwusigasira no…
Niba nawe ujya ukoresha Ibuprofen cyane, ibi birakureba!
Gukoresha ibuprofen cyane, igihe kirekire bishobora gutera ibibazo byo gutakaza ubushobozi bwo kumva. Nk’uko ubushakashatsi buheruka gukorwa bwabigaragaje, bwakorewe ku bari n’abategarugori. Nubwo akenshi bivugwa ko imiti wemerewe kwigurira, bitabaye…
Ibyiyumviro bya Mutsinzi Ange nyuma yo gufasha abavandimwe ‘Mickels’ kuza mu Mavubi
Myugariro wa Zira FK n’ikipe y’Igihugu Amavubi, Mutsinzi Ange yavuze ko yishimiye urwego abakinnyi batatu bashya berekanye mu Mavubi cyane ko na we ari umwe mu bagize uruhare mu kubumvisha…
Umunyamakuru DC Clement yemeye ko yakoze ibyaha avuga n’icyabimuteye maze asaba imbabazi
Nyuma y’uko umunyamakuru Niyigaba Clement atawe muri yombi akurikiranyweho kwangiza ikintu cy’undi no kurwanya ububasha bw’amategeko, yaciye bugufi asaba imbabazi aho yavuze ko yabikoreshejwe n’umujinya. Uyu munyamakuru wamamaye nka DC…
Iturika ry’ububiko bw’intwaro mu Burundi ryahitanye abatari bake
Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y’umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi, abandi barakomereka. Iri turika ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki…
Nyuma y’ifungwa ry’umunyamakuru DC Clement, abaturage b’i Jabana bemeza ko ruswa ihavuza ubuhuha
Niyigaba Clement yavuze ko yahaye abitwa abahigi 900,000 Frw noneho ushinzwe imiturire mu murenge arabimenya ararakara cyane. Yahise ahuruza inzego kuva ku Karere ka Gasabo baza gusenya nta n’integuza bahawe.…
Umunyamakuru DC Clement arafunze nyuma yo gusenyerwa inzu
Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yatawe muri yombi, aho afungiye kuri sitasiyo…
Masisi: Haramukiye imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo
Imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata, mu mujyi wa Shoa, uherereye mu Murenge wa Osso Banyungu wo muri Teritwari ya Masisi, Intara ya…