Skip to content

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

  • Politiki
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Imali ya make
    • Ibibanza bigurishwa
    • Imodoka zigurishwa
    • Inzu zigurishwa
  • Jobs
  • English
    • International News
    • Local News
Top Tags
  • Intambara yo muri Congo
  • AFC/M23
  • Donald Trump
  • Iran
  • intambara ya Congo
  • Intambara ya Iran na Amerika
  • Gen. Muhoozi
Featured Imikino

Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu

April 19, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa

April 16, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

April 14, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy
  • Latest
  • Popular
  • Trending
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
Imyidagaduro Slide
DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
Politiki Slide
Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
Politiki Slide
Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Slide Ubuzima
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ubuzima
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Politiki
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Editorial Picks Urukundo
Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Editorial Picks Urukundo
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Featured Ubuzima
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Ubuzima

Hatanzwe iminsi ibiri y’ikiruhuko(Conge) cya Pasika

April 2, 2026 emmy

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 3 Mata 2026 no ku wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026 ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego…

Politiki Slide

Nta bubasha nari niteze kuri Macron ukubitwa n’umugore – Donald Trump

April 2, 2026 emmy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yibasiye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, amuziza kwanga kumuha ubufasha mu ntambara Amerika iri kurwana muri Iran, ashimangira ko ari umugabo…

Featured Ubuzima

Ibimenyetso byakwereka ko umwijima wawe uri kwangirika n’ibyo wakora mu kuwurinda

April 2, 2026 emmy

Umwijima ni rwo rugingo runini mu mubiri kandi rugira uruhare runini mu mikorere itandukanye y’umubiri. Akamaro gakomeye k’umwijima ni: Ugendeye kuri aka kamaro gatandukanye umwijima ugira, ni ngombwa kuwusigasira no…

Ubuzima

Niba nawe ujya ukoresha Ibuprofen cyane, ibi birakureba!

April 2, 2026 emmy

Gukoresha ibuprofen cyane, igihe kirekire bishobora gutera ibibazo byo gutakaza ubushobozi bwo kumva. Nk’uko ubushakashatsi buheruka gukorwa bwabigaragaje, bwakorewe ku bari n’abategarugori. Nubwo akenshi bivugwa ko imiti wemerewe kwigurira, bitabaye…

Imyidagaduro Slide

Ibyiyumviro bya Mutsinzi Ange nyuma yo gufasha abavandimwe ‘Mickels’ kuza mu Mavubi

April 2, 2026 emmy

Myugariro wa Zira FK n’ikipe y’Igihugu Amavubi, Mutsinzi Ange yavuze ko yishimiye urwego abakinnyi batatu bashya berekanye mu Mavubi cyane ko na we ari umwe mu bagize uruhare mu kubumvisha…

Imyidagaduro Slide

Umunyamakuru DC Clement yemeye ko yakoze ibyaha avuga n’icyabimuteye maze asaba imbabazi

April 2, 2026 emmy

Nyuma y’uko umunyamakuru Niyigaba Clement atawe muri yombi akurikiranyweho kwangiza ikintu cy’undi no kurwanya ububasha bw’amategeko, yaciye bugufi asaba imbabazi aho yavuze ko yabikoreshejwe n’umujinya. Uyu munyamakuru wamamaye nka DC…

Politiki Slide

Iturika ry’ububiko bw’intwaro mu Burundi ryahitanye abatari bake

April 1, 2026 emmy

Iturika ry’ububiko bw’intwaro bw’ikigo cya Gisirikare cya cya Musaga i Bujumbura mu Burundi, ryateye inkongi y’umuriro ikomeye, ryahitanye abantu benshi, abandi barakomereka. Iri turika ryabaye kuri uyu wa Kabiri tariki…

Imyidagaduro

Nyuma y’ifungwa ry’umunyamakuru DC Clement, abaturage b’i Jabana bemeza ko ruswa ihavuza ubuhuha

April 1, 2026 emmy

Niyigaba Clement yavuze ko yahaye abitwa abahigi 900,000 Frw noneho ushinzwe imiturire mu murenge arabimenya ararakara cyane. Yahise ahuruza inzego kuva ku Karere ka Gasabo baza gusenya nta n’integuza bahawe.…

Imyidagaduro Slide

Umunyamakuru DC Clement arafunze nyuma yo gusenyerwa inzu

April 1, 2026 emmy

Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2026, umunyamakuru wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yatawe muri yombi, aho afungiye kuri sitasiyo…

Politiki

Masisi: Haramukiye imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC/Wazalendo

April 1, 2026 emmy

Imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 1 Mata, mu mujyi wa Shoa, uherereye mu Murenge wa Osso Banyungu wo muri Teritwari ya Masisi, Intara ya…

Posts pagination

1 … 13 14 15 … 36
Recent Posts
  • Menya uburyo wamenya umugore uryoshya akabariro urebeye ku minwa ye
  • DJ Toxxyk ukurikiranweho ibyaha 3 akemera 2 muri byo yasabiwe gufungwa imyaka 2
  • Ibyo Amerika yongeye gukorera Iran byatumye ibikomoka kuri Peterori byongera kuzamukaho 5%
  • Sosiyete nyinshi z’Abanyamerika zishaka ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23
  • Marina yamaganye Bad Rama wamwise umukobwa we
Categories
  • Editorial Picks
  • Featured
  • Geopolitics
  • Ibibanza bigurishwa
  • Imikino
  • Imodoka zigurishwa
  • Imyidagaduro
  • International News
  • International Relations
  • Jobs
  • Political Analysis
  • Politiki
  • Slide
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

Proudly powered by WordPress | Theme: Newsup by Themeansar.

  • Home
  • Offiline
  • Sample Page