Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite – Imitoma 10 buri mukobwa wese aba yifuza kubwirwa n’umukunzi we
Mugabo nawe musore ukeneye kubwira umugore cyangwa umukobwa mukundana amagambo meza kugirango ajye ahora akwiyumvamo ndetse ntazakurambirwe. Dore amwe mu magambo abagore n’abakobwa bakunda ko wababwira. 1. Uri mwiza 2. Sinjya niyumvisha uko nabaho ntagufite 3. I’m sorry (mbabarira cyangwa…
Dore ibintu 5 biranga urukundo nyarwo buri muntu uri mu rukundo akwiye kumenya
Urukundo rw’ukuri rurigaragaza kuko, nirwo rukundo ruhesha amahoro menshi abarurimo.Ese ni iki ukwiriye kurumenyaho ? 1. Urukundo ni ugusangira ntabwo ari ibihe byiza gusa cyangwa ibihe bibi gusa. Nk’uko byemejwe n’inzobere mu rukundo, kuba uri mu rukundo rw’ukuri uzabyerekwa nuko…
Dore ibintu 12 abantu bafata nk’ibisanzwe kandi byangiza urukundo buhoro buhoro kugeza ruzimye burundu
Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. Niba ufite imwe muri iyi myitwarire, umenye ko ufite umwanzi uzirana n’urukundo ndetse uzarurimbura buke buke kugeza…
Dore amabanga 11 yagufasha kuba intangarugero mu gitanda ugahora wizihira umukunzi wawe
Kugira ngo urugo rube rwiza kandi rukomeye, bisaba ko abashakanye bagira umubano mwiza mu bice byose by’ubuzima, harimo no mu rukundo rw’abashakanye. Mu bijyanye no kwiyubakira urukundo rukomeye, bamwe bishimira kuba abayobozi mu buryo bwo kwereka urukundo rwabo. Dore ibintu…
Minisiteri ya Sport yahawe Minisitiri mushya
Nelly Mukazayire wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisports yagizwe Minisitiri wa Siporo asimbuye Nyirishema Richard wagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa mu Kigo Gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe, hasohotse Itangazo rishyira…
Abasore: Dore ibintu 10 byagufasha gutuma umukobwa agukunda akakwimariramo
Buri gihe ujye wibuka, ni “utuntu duto” ukora kenshi n’ “ibintu binini” ukora rimwe na rimwe bitanga inyungu nyinshi ku ishoramari muri Konti yawe y’urukundo! Ubu buhanga n’inama bizakora mu buryo bw’imibanire kandi rwose bizamufasha kongera kugukunda byimazeyo. 1. Mutege…
Ese kwaba ari ukumuheza! Perezida wa Rayon Sports yateye utwatsi ibyo kuganira no kwishyura Sadate umwenda avuga ko bamubereyemo
Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée yashwishwiburije Munyakazi Sadate uvuga ko ashaka ibiganiro ku ideni ndetse n’amasezerano atarubahirijwe n’iyi kipe, avuga ko baramutse bagiye mu biganiro byaba ari ugutakaza umwanya. Twagirayezu Thaddée yabitangaje ubwo yaganiraga na Radio & TV 10…
DJ Sonia yiyamye Irene Murindahabi wamukozeho ibiganiro 2 byikurikiranya
Sonia Kayitesi uzwi cyane nka DJ Sonia umwe mu ba-DJ bagezweho mu Rwanda, yahaye gasopo umunyamakuru Irene Murindahabi ukorera kuri MIE ku muyoboro wa YouTube wagiye umuvugaho ibintu bitamushimishije mu biganiro bitandukanye. Uyu mwuka mubi watangiye nyuma y’uko Irene yagiranye…
Dore imitoma 10(amagambo meza y’urukondo) watera umukunzi wawe mbere y’uko aryama
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza Aya…
Dore imitoma 10(amagambo y’urukundo) watera umukunzi wawe akakwiha wese
Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1.Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye zikwirwa…