Abasore: Ibimenyetso 10 byakwereka umukobwa wagukunze akabura uko abikubwira
Abakobwa usanga bagorwa no kuba bafata iya mbere ngo abe yabwira umusore ko yamukunze gusa bimwe mu bikorwa bakora n’imyitwarire ibaranga bikaba byoroshye kumumenya mu gihe yahuye n’umusore uzi gushishoza. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda ariko akabura aho ahera…
Dore impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwahoze mukundana mugatandukana akugarukira. Ibyo ukwiye kwitondera
Bijya bikunda kubaho ko abantu bakundana , bikagera igihe bagatandukana ariko nyuma y’igihe runaka , umwe muribo agashaka kubyutsa umubano. Nkuko bitangazwa n’urubuga Elcrema rwandika ku mibanire , hari impamvu zinyuranye zituma abo mwahoze mukundana cyangwa uwo mwakundanaga bakugarukira. 1.Irari…
Emerthe umaze kuba icyamamare kuri TikTok akomeje gukurikira inzozi ze n’ubwo yaciwe amaguru yombi akiri umwana
Iradukunda Subila Emerthe amaze kwamamara ku rubuga rwa TikTok nka ‘Bibila’, nyamara yararugiyeho ashaka ibyishimo nyuma yo gukura afite agahinda gaturutse ku bamubwiraga nabi bitewe n’ubumuga afite. Uyu mukobwa ukomoka mu Karere ka Nyanza, yaciwe amaguru yombi ubwo yari afite…
DJ Dizzo yitabye Imana nyuma y’imyaka 7 ahanganye na Kanseri
DJ Dizzo wari umaze igihe ahanganye n’uburwayi bwa kanseri, yitabye Imana, nyuma y’imyaka igera kuri ibiri abwiwe n’abaganga ko atari kurenza muri Nyakanga 2022. Amakuru IGIHE yemerewe n’inshuti y’umuryango we, ahamya ko uyu musore yitabye Imana ku gicamunsi cyo kuri…
Amagambo 40 wabwira umukobwa ukunda akazagukunda iteka ryose
Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya wawe usoma ibitabo ngo ukuremo amagambo ariko byaranze. Mbere na mbere, menya ko nta buryo…
Dore inkingi 10 wakubakiraho urukundo rwawe ugahora wishimye ubuzima bwose
Urukundo n’ingenzi mu buzima bikaba akarusho iyo ukunze ugukunda ndetse mu kanabana ariko ibyo byose bisaba urugendo kandi muhuriramo na byinshi bishobora kubatandukanya ariko hari inkingi wakubakiraho urukundo rwawe rugakomera ukabaho ubuzima bunyuzwe kandi bwishimye. 1. Ubuzima bw’abakundana bugomba kuba…
Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri
Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka…
Dore amagambo 10 y’ubwenge umukobwa akoresha iyo ashaka kwereka umusore ko yamubenze
Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda pe. 1. Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye ko abasore bashakana n’abakobwa baruta, mu gihe umukobwa wifuzaho umukunzi…
Dore uburyo 8 wakoresha ukigarurira burundu umutima w’umukobwa ukunda
Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku…
Yashatse kuba Meya biranga: Byinshi kuri Minisitiri Dr. Utumatwishima
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yahishuye inzira yanyuzemo yamugejeje ku nshingano zo kuyobora urubyiruko, ndetse n’uko yifuje kuyobora Akarere ariko ntibimuhire. Ubwo yaganirizaga abarenga 1000 bitabiriye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ubukorerabushake kuri uyu wa Kane…