Lionel Messi yakorewe igikorwa cyafashwe na benshi nko kumusuzugura bikabije
Rio Ferdinand wamamaye mu kipe ya Manchester United n’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yababajwe no kubona Messi aryamye ku rukuta rw’ikipe ya PSG, ashimangira ko ibyo uyu mukinnyi w’igihangange yakorewe ari ukumwubahuka cyane. . Lionel Messi yaryamye inyuma y’urukuta . Lionel…
Nubona kimwe muri ibi bimenyetso 6 uzihutire kwisuzumisha HIV – virusi itera SIDA
Nta bimenyetso bihamye wareberaho ngo wemeze ko wanduye agakoko gatera SIDA keretse wipimishije kwa muganga. Gusa ibimenyetso tugiye kubabwira bishobora gutuma ukeka ko waba waranduye cyane cyane iyo hari ibyo uheruka guhura na byo bishobora kukwanduza aka gakoko nk’imibonano idakingiye….
Lionel Messi yafashije PSG kwigaranzura Manchester City yari yarayigize insina ngufi . AMAFOTO
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Lionel Messi, yafashije PSG gutsinda Manchester City ibitego 2-0 mu mukino wo mu itsinda A rya UEFA Champions League wari ukomeye cyane. Paris Saint-Germain yari yarananiwe gutsinda Manchester City mu nshuro 5 bari bamaze guhura…
Koreya ya Ruguru yagerageje misile iri mu zihuta cyane yo mu bwoko bumwe n’iyo USA iheruka kugerageza bitera impungenge benshi
Korea ya ruguru ivuga ko kuwa kabiri yabashije kurasa mu igerageza misile nshya yiswe Hwasong-8 yo mu bwoko bw’izigendera ku muvuduko udasanzwe. Ikinyamakuru cya leta kivuga ko iyi misile nshya ari imwe “mu ntwaro eshanu nshya z’ingenzi kurusha izindi”…
Ibimenyetso 10 byakugaragariza ko ufite amaraso make cyangwa ubutare budahagije
Ubutare (fer/iron) iyo bubaye bucye mu mubiri, bitera ibibazo bitandukanye. Muri rusange abagore nibo bakunze kugaragaraho ikibazo cyo kugira ubutare bucye mu mubiri cyane kurusha abagabo muri rusange. Indwara yo kugira amaraso macye (anemia), iterwa nuko ubutare buba ari…
Uko wasukura umwijima wawe: Ibinyobwa bifasha gusohora uburozi mu mubiri
Umwijima ni urugingo rw’ingenzi mu mubiri. Akamaro kawo ka mbere ni ugusukura amaraso aba avuye mu rwungano ngogozi yerekeza ahantandukanye mu mubiri. Umwijima ufasha kandi mu gusohora ibinyabutabire n’ibyasigaye ku miti tuba twanyweye, bityo umubiri ntubonekemo uburozi. Iyo umwijima…
Dore icyo umugabo wawe cyangwa umusore mukunda aba ashatse kukubwira iyo aguhobeye akagukomeza kandi akakwiyegereza cyane
Habaho uburyo bwinshi bwo guhoberana harimo guhoberana by’akanya gato ndetse utatinya kuvuga ko bidafashije hakaba n’ubundi buryo usanga umugabo cyangwa umusore afata akanakomeza umukunzi we mu buryo ubona adashaka kumurekura kandi akamwiyegereza cyane. Ubu buryo bwa nyuma ni bwo tugiye…
RIB yataye muri yombi umuyobozi wa Romantic Garden ukekwaho gutanga ruswa
Umucuruzi uhagarariye Uruganda NBG Ltd (Norbert Business Group Ltd) rukora imiheha yo kunywesha akaba na nyiri Romantic Garden, Urayeneza Anitha, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gutanga ruswa aho yatanze 500.000 Frw nyuma yo guhabwa icyangombwa yari yarasabye. Romantic…
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yahishuye ikintu kimwe gusa yifuza ko amukorera
Umunyamideli Georgina Rodriguez yemeye ko yifuza cyane ko umukunzi we Cristiano Ronaldo yamusaba ko amubera umugore bagashyingiranwa byemewe n’amategeko. Uyu munyamideli yahishuye ko ashaka gushyingiranwa n’umukunzi we ukinira Manchester United ndetse ngo yiteguye kuvuga ati ’yego’ igihe cyose azamusaba…
Nta munyeshuri wo muri Kaminuza uzemererwa kwiga atarikingije Covid-19 – MINISANTE & HEC
Ku wa 23 Nzeri 2021, Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Inama y’Igihugu y’Amashuri Makuru na Kaminuza (HEC), bagiranye inama n’ubuyobozi bwa Kaminuza zitandukanye, yanzura ko “Umunyeshuri cyangwa umukozi muri Kaminuza utarakingiwe urukingo na rumwe rwa Covid-19, atemerewe kwinjira muri Kaminuza guhera kuri…