Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma, Amb. Nduhungirehe agirwa Minisitiri
Perezida Kagame yakoze impinduka nyinshi muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena mu 2024 aho Amb. Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, asimbura Dr Vincent Biruta wari umaze igihe muri uyu mwanya. Nkuko bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze…
Byinshi kuri kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga . Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango…
Robinho wakiniye Real Madrid na Man City ari kwiga gukanika radio na TV muri gerezaword
Uwahoze ari umukinnyi ukomeye,Robinho ari kwiga umwuga mushya wo gukanika TV na radio muri gereza nyuma yo gufungwa ashinjwa gusambanya ku ngufu umukobwa mu Butaliyani. Uyu wahoze akinira Real Madrid,Man City na AC Milan,yakatiwe igifungo cy’imyaka icyenda muri gereza ya…
X-Dealer waregwaga kwiba telefoni ya The Ben yagizwe umwere n’urukiko
Ndagijimana Eric wamamaye nka X-Dealer, wari umaze igihe akurikiranweho kwiba telefone ya The Ben, yagizwe umwere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge mu isomwa ry’urubanza ryabaye ku wa 12 Kamena 2024. Ni nyuma y’uko ku wa 3 Kamena 2024, Urukiko rw’ibanze rwa…
Perezida Tshisekedi yubuye gahunda ye yo gutera u Rwanda
Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita yatangaje ko Perezida Felix Tshisekedi yatanze amabwiriza yo kwigarurira uduce ingabo ze zimaze gutakaza muri Kivu y’Amajyaruguru no gutera u Rwanda bakarwiyomekaho. Nkuko byashyizwe ku rubuga rwa X na…
Nyanza: Umusore yasabye mudugudu kumwishyuriza nyuma yo kwamburwa n’uwamuhaye ikiraka cyo kwica umuntu
Umusore yagiye gusaba Umuyobozi w’Umudugudu ngo amwishyurize amafaranga yasigaye ubwo yicaga umuntu birangira RIB imutaye muri yombi. Amakuru UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye nu ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abantu batatu, ari bo Theophile Nyamurinda w’imyaka 42…
Menya byinshi kuri Kanseri y’umwijima, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe ,kuringaniza ikigero cy’isukari mu maraso ,nibindi byinshi. Tukaba tugiye kuvuga ku ndwara…
Amavubi yisubije umwanya wa mbere atsinze Lesotho
Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice…
Yanze ko batera akabariro batarabana gusa bageze mu rugo atungurwa n’ibyo yabonye – UBUHAMYA
Umugore aragisha inama nyuma yo gushakana n’umugabo wanze ko baryamana mbere y’ubukwe avuga ko ari umukirisitu cyane atinya n’ibyaha, bamara kubana agasanga nta bugabo afite. Yagishije inama arira ndetse afite agahinda kenshi. Ni inkuru yamuhinduye nk’umurwayi wo mu mutwe, afata…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Paul ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yiyemeje kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Paul ni izina rifite inkomoko mu Kilatini ku ijambo Paulus risobanura umuntu uzi guca bugufi cyangwa…