Latest post

Amavubi yisubije umwanya wa mbere atsinze Lesotho

Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Lesotho igitego 1-0, bituma yisubiza umwanya wayo wa mbere mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026. Muri uyu mukino waberaga muri Afurika y’Epfo, Amavubi yihagazeho arinda iki gitego yatsinze mu gice…

Posted on

Yanze ko batera akabariro batarabana gusa bageze mu rugo atungurwa n’ibyo yabonye – UBUHAMYA

Umugore aragisha inama nyuma yo gushakana n’umugabo wanze ko baryamana mbere y’ubukwe avuga ko ari umukirisitu cyane atinya n’ibyaha, bamara kubana agasanga nta bugabo afite. Yagishije inama arira ndetse afite agahinda kenshi. Ni inkuru yamuhinduye nk’umurwayi wo mu mutwe, afata…

Posted on

Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Paul ndetse n’uko abaryitwa bitwara

Nyuma yo kubona ko hari amazina amwe n’amwe abanyarwanda baba badasobanukiwe, InyaRwanda yiyemeje kujya ibagezaho ubusobanuro bw’amwe mu mazina aba agezweho muri icyo gihe. Paul ni izina rifite inkomoko mu Kilatini ku ijambo Paulus risobanura umuntu uzi guca bugufi cyangwa…

Posted on

Dore impamvu 3 zishobora gutuma umukunzi wawe agutendekeraho abandi

Ni kenshi usanga abantu benshi bahora mu marira ngo abakunzi babo barabatendeka cyangwa ngo babaca inyuma, nyamara akenshi usanga hari ababigiramo uruhare kugira ngo bibabeho. Ni byinshi byagiye bigaragara bituma bamwe mu bakundana bacana inyuma, gusa hari ibintu 3 biza…

Posted on

Ibyihariye kuri Gracie Bon uri mu bafite ibibuno binini ku Isi – AMAFOTO

Gracie Bon, ni rimwe mu mazina azwi cyane mu mideli kandi akunda kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’ubunini budasanzwe bw’uyu mukobwa ukomoka muri Panama. Gracie Bon wabonye izuba mu 1994 kuri ubu akaba yitegura kuzuza imyaka 30 y’amavuko, ni umukobwa…

Posted on

Umushabitsi Nzizera wigeze kurebana ay’ingwe na Mulindahabi Irene ndetse n’umunyamakuru Manirakiza, yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha RIB, rwafunze rwiyemezamirimo Nzizera Aimable, tariki 05 Kamena 2024, kubera ibyaha bibiri akekwaho. Rwiyemezamirimo Nzizera Aimable usanzwe ari n’umuyobozi wa ‘Rwanda Gospel Stars Live’, akanakora mu bushabitsi butandukanye burimo ubwubatsi, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bibiri…

Posted on

Umutoza mushya wa APR FC yamaze kumenyekana

Umunya-Serbia Darko Nović ashobora kugirwa Umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka w’imikino. APR FC ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yavuze ko iratangaza umutoza vuba aho amakuru yahise ahwihwiswa ko ari uyu munya Libya….

Posted on

Umukinnyi Rayon Sports yifuzaga cyane yayiciye mu myanya y’intoki kubera kwikopesha

Ikipe ya Mukura Victory Sports yateye Rayon Sports gapapu ikomeye ku murundi witwa Fred Niyonizeye, wari wumvikanye byose na Murera ariko ikamusaba ideni. Miliyoni 17 FRW nizo Rayon Sports yifuzaga guha uyu mukinnyi ariko mu byiciro, mugihe uyu musore yemereye…

Posted on

M23 yashyizeho abayobozi ba Diaspora yayo

Ubuyobozi bwa M23 bwatangaje ko bwashyizeho Umuhuzabikorwa uwuhagarariye mu mahanga mu Banyekongo bo muri Diyasipora,uwo akaba ari Manzi Willy. Ibi byatangaje kuri uyu wa Mbere, tariki 10 Kamena 2024,mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa. Iri tangazo…

Posted on

Visi Perezida wa malawi yahitanwe n’impanuka y’indege

Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yavuze ko Visi Perezida Saulos Chilima n’abagenzi bose bari bari kumwe mu ndege ya gisirikare yari yabuze kuva ku wa mbere “bapfuye icyikubita hasi”. Yavuze ko ibisigazwa by’iyo ndege byasanzwe hafi y’umusozi “byashwanyaguritse burundu”, nta…

Posted on