Buy or sell in a minute in Rwanda

  • Nyuma y’u Burundi na RDC, ikindi gihugu cya EAC cyinjiye mu mugambi wa Kayumba na Habyarimana wo kurutera

    Nyuma y’u Burundi na RDC, ikindi gihugu cya EAC cyinjiye mu mugambi wa Kayumba na Habyarimana wo kurutera

    Icyegeranyo cy’amakuru atandukanye akomeje gukwirakwira mu karere k’Ibiyaga Bigari kigaragaza ishusho igoye kandi iteye impungenge ku mutekano w’u Rwanda, aho havugwa umugambi mugari uhuza ibihugu n’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, hagamijwe kuruhungabanya no kurutera mu gihe kiri imbere. Amakuru ava mu biganiro bivugwa ko byabereye i Kinshasa agaragaza ko hari inama zahuje abayobozi ba Leta…

  • Bertrand Bisimwa yatanze ubutumwa bw’ingamba za AFC/M23 mu gihe ibiganiro byo mu Busuwisi byatangiranye amahane

    Bertrand Bisimwa yatanze ubutumwa bw’ingamba za AFC/M23 mu gihe ibiganiro byo mu Busuwisi byatangiranye amahane

    Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya gisirikare, ibiganiro by’amahoro, n’imvugo za politiki byose biri kugenda bihurirana mu buryo bushya bushobora guhindura amateka y’aka karere. Mu gihe ku rugamba hakomeje kumvikana urusaku rw’amasasu, ku ruhande rwa dipolomasi ho hari kugeragezwa gushaka inzira z’amahoro, nubwo zidahita…

  • Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha

    Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha

    Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gukoresha ikoranabuhanga mu gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni ndetse no gukangisha gusebanya. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, wagaragaje…

  • Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho

    Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho

    Icyemezo cyo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu kongerera imbaraga urwego rw’umutekano n’ubumenyi mu gihugu, aho imiterere yayo igaragaza uburyo bushya bwo guhuza amasomo ya gisirikare n’imiyoborere y’ikirenga. Iyi kaminuza yashyizweho n’iteka ryatangajwe mu Igazeti ya Leta ku wa 10 Mata 2026, igamije guhuriza hamwe amashuri n’ibigo byari bisanzwe bitanga amasomo…

  • Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare

    Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare

    Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera SIDA hagati y’Ugushyingo 2024 n’Ukwakira 2025, yateje impungenge ku rwego mpuzamahanga, igaragaza ikibazo gikomeye cy’imikorere mibi mu rwego rw’ubuzima. Iperereza ryakozwe ku buryo aba bana…

  • U Rwanda rugiye kubona umuti urinda Agakoko gatera SIDA

    U Rwanda rugiye kubona umuti urinda Agakoko gatera SIDA

    Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda ubwandu bw’agakoko ka Sida ku buryo nibura waba wamaze kugera ku bantu miliyoni eshatu mu 2028. Uyu muti uzwi nka Lenacapavir, wamaze kugera ku bantu batandukanye bo…

  • Dore icyo bisobanuye iyo uhuje amaso n’umukobwa ukabona asa n’uruma umunwa wo hasi

    Dore icyo bisobanuye iyo uhuje amaso n’umukobwa ukabona asa n’uruma umunwa wo hasi

    Ibijyanye n’imvugo z’ibimenyetso ni ibintu abantu badakunda kwitaho ariko bikoreshwa cyane ndetse bimwe bikanatanga ubutumwa cyane kurusha uko umuntu yavuga. Hari ibimenyetso byizana ku muntu atabigambiriye bitewe n’ikintu abonye amarangamutima akamurusha imbaraga, hakaba n’ibisanzwe bikoreshwa mu buryo igisobanuro cyabyo kiziranyweho. Urugero nk’umugabo ashobora kubona umukobwa mwiza agashiduka yahengetse umusaya cyangwa urundi rugingo runaka kubera kumwitegereza…

  • Gitifu w’Umurenge wa Bugarama afunze azira gutegeka Kwibuka tariki 6 Mata

    Gitifu w’Umurenge wa Bugarama afunze azira gutegeka Kwibuka tariki 6 Mata

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama mu Ntara y’Iburengerazuba, Ndamyimana Daniel, washakaga ko bibuka tariki 6 Mata 2026. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko Ndamyimana akurikiranyweho icyaha cyo guhakana Jenoside no kugoreka ukuri kuri Jenoside agamije kuyobya rubanda. Yafashwe ku wa 11 Mata 2026. Ni…

  • Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana

    Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana

    Ibiganiro bikomeye byahuje abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasize hatanzwe itangazo rikomeye rishinja ubutegetsi buriho kuyobora igihugu mu murongo w’igitugu, bikongera impungenge ku hazaza h’umutekano n’imibereho y’abaturage. Iyi nama ya kabiri y’ihuriro ryiswe “Save the DRC Movement” yabaye hagati ya tariki ya 6 na 8 Mata 2026, iyobowe na Perezida…

  • Aba’DJs’ bagiye gusora ibihumbi 224 Frw

    Aba’DJs’ bagiye gusora ibihumbi 224 Frw

    Mu gihe ibihugu byo mu karere k’Afuruka y’iburasirazuba birimo n’u Rwanda bigisinziriye mu kubyaza umusaruro ubuhanzi, Kenya yateye intambwe ishyiraho itegeko ryo kwishyuza abavanga imiziki, abanyapolitiki biyamamaza, ahabera inama, ahabera ubukwe n’ibitangazamakuru. Abavanga imiziki, aho ivangirwa, n’abandi bose bakoresha imiziki y’abahanzi muri Kenya bategetswe kujya bishyura ibihumbi 224 Frw (Ksh20,000) buri mwaka. Iryo tegeko rigena…

  • Sobanukirwa indwara ya Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

    Sobanukirwa indwara ya Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

    Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga. Kanseri y’igifu Kandi ni imwe muri kanseri zigorana kuzivura ,Ishami ry,umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima rya OMS rivuga ko umuntu umwe mu bantu batandatu ahitanywa na kanseri bityo…

  • Abanyaburayi bahenekeye Trump ku kibazo cy’umuhora wa Hormuz muri Iran ukomeje kurikoroza

    Abanyaburayi bahenekeye Trump ku kibazo cy’umuhora wa Hormuz muri Iran ukomeje kurikoroza

    Ibihugu byo mu Muryango wo Gutabarana wa OTAN, nk’u Bufaransa n’u Bwongereza byagaragaje ko Donald Trump agomba kubaga akifasha mu bijyanye no gufunga inzira ya Hormuz ko byo nta ruhare buza kubigiramo. Trump yari yavuze ko gukumira ubu bwato bwinjira cyangwa buva muri Hormuz aza kubifashwamo n’ibindi bihugu ndetse ko arasa ku bwato ubwo ari…

  • Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

    Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

    Nyuma y’igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran muri Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yakomeje kuyinginga kugira ngo ishoze intambara karundura kuri Tehran ariko ntiyahise abona igisubizo. Mu gitondo cya tariki ya 11 Gashyantare 2026, Netanyahu yagiriye uruzinduko rw’amateka i Washington D.C. Yahageze mbere…

  • REG yateguje ibura ry’amashanyarazi muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu

    REG yateguje ibura ry’amashanyarazi muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu

    Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG yatangaje ko kubera imirimo yo gusana no kwagura imiyoboro y’amashanyarazi no kuyisana hateganyijwe ibura ry’umuriro mu bice bimwe by’imirenge imwe n’imwe hagati y’itariki ya 15-17 Mata 2026. Itangazo ryashyizwe hanze ku wa 13 Mata 2026 rigaragaza ko ku wa 15 Mata amashanyarazi azabura mu bice by’imirenge ya Musha na…

  • Ngoma: Inkuba yakubise abantu 26

    Ngoma: Inkuba yakubise abantu 26

    Abantu 26 bo mu Karere ka Ngoma bakubiswe n’inkuba, umwe ahita yitaba Imana mu gihe abandi bajyanywe kwa muganga. Iyi nkuba yakubise abaturage ahagana Saa Tanu zo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mata 2026, mu Kagari ka Cyarwa mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gashanda, Ngenda Mathias,…

  • Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo

    Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo

    Ibiganiro n’ubuhamya bitandukanye bikomeje gushyira mu mucyo uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe mu buryo bwimbitse kandi burimo amayeri menshi, aho bamwe mu bayobozi bakuru b’icyo gihe bagaragazwa nk’abari bafite imigambi ihuriweho ariko itandukaniye mu buryo bwo kuyishyira mu bikorwa. Mu buhamya bwatanzwe na Tito Rutaremara, umwe mu banyapolitiki b’inararibonye mu Rwanda, hagaragazwa ko uwari Perezida…

  • Ikibazo cya RDC na AFC/M23 cyasubiye aho cyaturutse ku mugabane w’ i Burayi

    Ikibazo cya RDC na AFC/M23 cyasubiye aho cyaturutse ku mugabane w’ i Burayi

    Ibiganiro bishya bigamije gushakira amahoro arambye Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byongeye gufata indi ntera ikomeye, aho ku nshuro ya mbere byimuriwe ku mugabane w’u Burayi, aho benshi bemeza ko ari ho ipfundo ry’iki kibazo ryapfundikiwe mu mateka. I Genève mu Busuwisi, kuri uyu wa Mbere hateraniye intumwa z’impande zihanganye, uruhande rwa Leta…

  • Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro

    Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro

    Uurasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’akarere kari mu gihirahiro gikomeye, aho inzira z’amahoro zigeragezwa ku ruhande rumwe, mu gihe ku rundi ruhande imirwano ikomeza gufata indi ntera, igatuma ubuzima bw’abaturage burushaho kujya mu kaga. Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, by’umwihariko mu misozi miremire ya Kalehe, kuva mu gitondo cyo kuri uyu…

  • Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika

    Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika

    Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye ugerwaho. Ibi byakurikiwe n’icyemezo gikomeye cyafashwe na Perezida Donald Trump cyo gufunga umuhora wa Hormuz, kimwe mu bice by’ingenzi by’ubucuruzi bw’ingufu ku Isi. Uyu mwanzuro…

  • Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti

    Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti

    Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo mu mavuta bizwi nk’ibya mucoma. Ibi byabereye mu Murenge wa Rugera, Akagari ka Nyarutembe ho mu Mudugudu wa Kirebe, ku wa Gatandatu, tariki 11 Mata…