Dore ibintu 6 bitera umuntu kuryama ari muzima bugacya yapfuye(Gupfa urw’ikirago)
Abantu bakunze kuvuga ngo kanaka yapfuye urw’ikirago. Ibi akensi babivuga iyo umuntu yaryamye bugacya yapfuye. Gusinzira ubusanzwe ni ibintu byiza nyamara bijya binaba bibi ugasanga abantu ntibabigarukaho ngo babitekerezeho. Ubusanzwe…