Dore uburyo 5 budakorwa na bose wateramo akabariro ubundi ugashimisha umugore wawe
Abakunzi bacu agiye bakomeza kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18…
Cameroun: Paul Biya umaze imyaka 44 ku butegetsi yagize umuhungu we Visi Perezida anamuha kuyobora igisirikare cyose
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, yafashe icyemezo cyateje impaka zikomeye nyuma yo gushyira umuhungu we, Franck Emmanuel Biya, ku mwanya wa Visi Perezida w’Igihugu ndetse anamugira Umukuru w’Ingabo zose. Ibi…
Perezida Kagame yasobanuye nta mpamvu yari gutuma we na FPR bagambirira kwica Habyarimana
Ku itariki nk’iyi ya 6 Mata mu myaka 32 ishize, Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda yishwe ubwo indege ye yari imuvanye i Arusha muri Tanzania yahanurirwaga mu kirere cya…
Ubushinwa bwanyonze umufaransa wari warakatiwe mu 2010 azira gucuruza ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yatangaje ko Umufaransa wakatiwe urwo gupfa mu Bushinwa mu 2010 azira gucuruza ibiyobyabwenge, yamaze kwicwa nk’uko inkuru dukesha RFI ivuga.…
Perezida Ndayishimiye yari yararahiye ko Gen. Bunyoni azava muri gereza ari mu mva. Uko Byagenze gute ngo avemo ari muzima
Amakuru aturuka mu butegetsi bw’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yemeye kurekura Général Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu, nyuma yo gushyirwaho igitutu na…
Dore icyo wakora igihe hari undi mugabo urimo gutereta umugore wawe
Wakora iki uramutse umenye ko hari umusore cyangwa umugabo uri gutereta umugore wawe? Wenda ukabona amwohereza ubutumwa bugufi bw’urukundo cyangwa yamusohokanye? Iyo hari umuntu uri gutereta umukunzi wawe, hari ibintu…
Dore uburyo bwiza 5 wateramo akabariro ubundi ugashimisha umugore wawe
Nkuko abakunzi bacu bakomeje kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18…
Umukobwa numusangana ibi bimenyetso 5 uzamenye ko akiri isugi
Gupima ubusugi bw’umukobwa ntago bigombera kuryamana nawe cyangwa gukoresha ikindigipimo, ahubwo hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umukobwa ari isugi cyangwa ko atakiri isugi. Ibi biterwa n’uko abakobwa bo ubwabo…
Sinzasaba imbabazi – Perezida Kagame avuga ku bihano byafatiwe u Rwanda
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yavuze ko isura y’u Rwanda idateze guhungabanywa n’ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi birufatira ibihano bibogamye kandi bidashingiye ku kuri, avuga ko atazigera asaba imbabazi ku…
Perezida Kagame yasubije abigeze kubeshya ko arembye
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe kinini yamaze atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe, byatewe n’uko yari yarafashe umwanya wo kuruhuka no kumarana igihe kinini n’abuzukuru…