Imvururu zikomeye cyane mu Banye-Congo nyuma yo gusabira Tshisekedi indi manda kubera itike y’igikombe cy’Isi
Ibyishimo byari byuzuye mu mihanda no mu mitima y’Abanye-Congo nyuma y’imyaka irenga igice cy’ikinyejana bategereje kongera kubona ikipe yabo y’igihugu igera ku rwego rwo guhatanira igikombe cy’Isi. Iyi ntsinzi idasanzwe…
Clapton Kibonge yakoze ubukwe (AMAFOTO)
Umukinnyi wa filime akaba n’umunyarwenya ukunzwe na benshi, Clapton Kibonge, yasezeranye imbere y’Imana n’umugore we Ntambara Mutoni Jacky nyuma y’imyaka umunani babana nk’umugabo n’umugore. Uyu muhango wabaye ku wa Gatandatu…
Byiringiro Lague zahabu y’agaciro gakomeye irimo itebera mu isayo bashungera
Uzi ibyishimo nk’iby’umushumba ubona inka ze zihaka cyangwa kubyara wabyaje inka? Ntako bisa pe! Niko bamwe biyumvaga muri 2018 bamubona abyiruka, ntiyari asanzwe. Ni Byiringiro Lague, rutahizamu wa Police FC…
Dore ibimenyetso bizakwereka y’uko umukunzi wawe yifuza ko mutandukana
Iyo umuntu afite icyifuzo cyo gutandukana (divorce), hari ibimenyetso bishobora kubigaragaza, kandi biratandukanye bitewe n’imyitwarire n’imibanire y’abo bireba. Dore bimwe mu bimenyetso bikunze kugaragara: 1. Kugabanya cyangwa guhagarika itumanaho: Iyo…
Dore uburyo 5 budakorwa na bose wateramo akabariro ubundi ugashimisha umugore wawe
Abakunzi bacu agiye bakomeza kutwandikira badusaba ko twazabereka uburyo umugabo yakoramo imibonano mpuzabitsina maze umugore we akanezerwa,twubahirije ibyifuzo byanyu tubahitiramo uburyo 5 bwiza wayikoramo,ariko niba uziko uri munsi y’imyaka 18…
Cameroun: Paul Biya umaze imyaka 44 ku butegetsi yagize umuhungu we Visi Perezida anamuha kuyobora igisirikare cyose
Perezida wa Cameroun, Paul Biya, yafashe icyemezo cyateje impaka zikomeye nyuma yo gushyira umuhungu we, Franck Emmanuel Biya, ku mwanya wa Visi Perezida w’Igihugu ndetse anamugira Umukuru w’Ingabo zose. Ibi…
Perezida Kagame yasobanuye nta mpamvu yari gutuma we na FPR bagambirira kwica Habyarimana
Ku itariki nk’iyi ya 6 Mata mu myaka 32 ishize, Habyarimana Juvenal wari Perezida w’u Rwanda yishwe ubwo indege ye yari imuvanye i Arusha muri Tanzania yahanurirwaga mu kirere cya…
Ubushinwa bwanyonze umufaransa wari warakatiwe mu 2010 azira gucuruza ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yatangaje ko Umufaransa wakatiwe urwo gupfa mu Bushinwa mu 2010 azira gucuruza ibiyobyabwenge, yamaze kwicwa nk’uko inkuru dukesha RFI ivuga.…
Perezida Ndayishimiye yari yararahiye ko Gen. Bunyoni azava muri gereza ari mu mva. Uko Byagenze gute ngo avemo ari muzima
Amakuru aturuka mu butegetsi bw’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yemeye kurekura Général Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu, nyuma yo gushyirwaho igitutu na…
Dore icyo wakora igihe hari undi mugabo urimo gutereta umugore wawe
Wakora iki uramutse umenye ko hari umusore cyangwa umugabo uri gutereta umugore wawe? Wenda ukabona amwohereza ubutumwa bugufi bw’urukundo cyangwa yamusohokanye? Iyo hari umuntu uri gutereta umukunzi wawe, hari ibintu…