Bobi Wine yavuze uko yihishe n’aho yakuye ubushobozi bwo gutoroka
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Bobi Wine, yahishuye uko yahunze igihugu nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yo ku itariki ya 15 Mutarama 2026, aho yemereye France 24 mu kiganiro baherutse…
Al Hilal SC ikomeje kujurira muri CAF nyuma yo gusezererwa muri CAF Champions League
Al Hilal SC yareze RS Berkane yayisezereye muri ¼ cya CAF Champions League, ko yakinishije Hamza El Moussaoui atemerewe gukina kuko yari yahagaritswe iminsi 30 nyuma yo gutsindwa isuzuma ry’ibyongerambaraga…
Bad Rama yakumiriwe nk’umujura mu gitaramo cya Ruti Joel yabereye muri Leta ya Indiana muri Amerika
Bad Rama uherutse kwibasira u Rwanda yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu mpera z’iki cyumweru muri Leta ya…
Israel yabujije abakirisitu kwizihiza umunsi mukuru wa Mashami biteza impaka
Israel yabujije abakirisitu kwizihiza Umunsi Mukuru wa Mashami ku mpamvu ivuga ko ari izo kubungabunga umutekano, kuko iki gihugu kiri mu ntambara na Iran, icyemezo gikomeje kwamaganwa n’ibihugu byinshi birimo…
Amerika yaciye amarenga yo kurangiza intambara yo muri Iran nta ntambara yo ku butaka ibaye
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yavuze ko intambara igihugu cye kirimo muri Iran ishobora kurangira mu byumweru bike biri imbere, bitabaye ngombwa ko hitabazwa…
Muri Kenya ibimonyo byabaye imari
Ibimonyo by’ingore byo mu bwoko bwa ‘Messor Cephalotes’ byabaye imari ishushye muri Kenya, aho kimwe muri byo kigura madolari 220 (asaga ibihumbi 280 Frw) nubwo ari ubucuruzi bukorwa mu buryo…
Visi Perezida wa Amerika yavuze ko ibivejuru ari amadayimoni
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yatangaje ko ibivejuru ari amadayimoni, ndetse yiyemeza gukoresha ububasha afite areba mu nyandiko za Leta ziga kuri ibi biremwa bidasanzwe.…
Polisi ya Kenya yabohoje abakobwa 67 bari bagiye kugurishwa
Polisi ya Kenya yatangaje ko yatabaye abakobwa 67 bari bafungiwe ahantu hamwe, bagiye koherezwa mu bihugu birimo ibyo mu Burasirazuba bwo Hagati aho bari barijejwe akazi. Aba bakobwa bari bahurijwe…
Kubura umukozi, kuba mu kazu gato no gutunganya imirambo bimwe mu byatonze Mutoni Assia wavuye mu Rwanda ari icyamamare akajya muri Amerika
Mutoni Assia wakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yavuze ko nyuma yo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hari byinshi byamugoye birimo kwikorera imirimo yo mu rugo, ndetse n’akazi ko…
Ibimenyetso bya Hepatite C, uko yandura n’uko wayirinda
Hepatite C ni indwara y’umwijima iterwa na virusi ya HCV. Ushobora kwandura iyi virusi unyuze mu gukora ku maraso yanduye cyangwa mu mibonano mpuzabitsina idakingiye. Ushobora kutagira ibimenyetso, ariko ibizamini…