Ibimenyetso byakuburira ko urwaye Hepatite B, uko yandura n’uko wayirinda
Muri iki gihe iyo uvuze indwara ya Hepatite, abantu benshi bagira ubwoba kuko ari indwara ifata inyama ikomeye y’umwijima. Twese turabizi ko umwijima ari inyama y’ingirakamaro mu mubiri w’umuntu kuko…
Dore ibimenyetso byakwereka ko ufite ikibazo cy’umutima
Muri iki gihe indwara zitandukanye z’umutima zisigaye zibasira abatari kw’isi ndetse no mu Rwanda, ku buryo buri mwaka abantu batari bake bapfa bazize indwara zibasira umutima. Gusa usanga abantu bitiranya…
Abayobozi b’Uturere bemerewe n’abatemerewe kwiyamamaza mu matora u Rwanda rwitegura
Abayobozi b’Uturere bakora manda y’imyaka itanu ishobora kongerwa inshuro imwe gusa. Ibi bivuze ko bamwe mu bayobozi bongeye gutorerwa indi manda mu 2021 batazemererwa kongera kwiyamamaza mu matora y’uyu mwaka…
Ibihumbi by’Abanyamerika byiraye mu mihanda byamagana Donald Trump
Imyigaragambyo yagutse yo kwamagana ubuyobozi bwa Trump yabereye mu mijyi yo muri Amerika itandukanye, bikaba bibaye ku nshuro ya gatatu habaye iyi myigaragambyo yiswe “No Kings” mbere yigeze gukurura abantu…
Ukuri ku kuba AFC/M23 irimo kuva mu bice byinshi yari yarafashe
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ibikorwa birimo kugaragara ku mirongo inyuranye yo ku rugamba ari ibisanzwe byo “guhinduranya imitwe y’ingabo”, nyuma y’iminsi bivugwa ko abarwanyi baryo bari kuva mu birindiro…
Umugore yafatanwe umurambo w’umwana we yawushyize mu ivarisi
Umugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi afite umurambo w’umwana we, bikavugwa ko yamwishe umurambo akawushyira mu ivalisi. Uwo mugore yafatiwe mu mujyi wa Ngozi mu Ntara ya Butanyerera, mu gito…
Inyubako ndende ku isi yakubiswe n’inkuba
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga byibasiye bimwe mu bice by’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu birimo n’Umujyi wa Dubai, bihateza umwuzure ndetse bituma inkuba ikubita agasongero k’inyubako ya mbere ndende ku…
Jason Derulo ugize imyaka 37 ntiyumva ukuntu akiri ingaragu
Jason Derulo uri mu baririmbyi bakora injyana ya R&B bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahishuye ko ajya agorwa no kwemera ko agize imyaka 37 akiri ingaragu. Jason Derulo…
Donald Trump yavuze uburyo igikomangoma cya Arabie Saoudite kimucinyaho inkoro
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yigambye ko Igikomangoma cya Arabie Saoudite, Mohammed bin Salman (MbS), amucinyaho inkoro. Ibi Trump yabigarutseho ubwo yari mu nama ngarukamwaka y’ikigega…
Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya wowe ntubimenye
Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi nkuru…