Wa mugore wagaragaye akubitira umugabo ku muhanda agiye gutabwa muri yombi
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, CIP Gahonzire Wellars yatangaje uru rwego rwamaze kumenya amakuru arebana n’urugomo rw’umugore wagaragaye mu mashusho akubita inshyi umugabo we mu ruhame,…
Menya amabara y’amavangingo n’icyo asobanuye ku buzima bwawe
Amavangingo ni ikimenyetso cy’ingenzi cy’ubuzima bw’umugore, cyane cyane ku mikorere ya hormone, nyababyeyi n’imigendekere y’amaraso. Ibara ry’amaraso yo mu mihango rishobora gutanga amakuru afatika ku buzima rusange. Dore ibisobanuro birambuye…
Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere muri Afurika ufite abamwumva benshi…
Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo muri Walikare
Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya na FARDC, yaberaga mu bice bimwe byo muri Teritwari ya Walikare mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, haravugwa…
Nta rwango ruba muri njye – Minisitiri Bizimana
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko nta rwango agira kandi nta n’uruzigera rumuranga ariko ko abika amateka ashingiye ku bimenyetso bifatika. Yabigarutseho mu biganiro bikomeje…
Ubukene n’amakimbirane mu miryango mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Umurungi Providence yatangaje ko ubukene, amakimbirane mu miryango no kutagira amakuru ku buzima bw’imyororokere biri mu bigikomeje gutiza umurindi inda ziterwa abangavu mu…
Abanye-Congo bahungiye i Burundi bagizwe ingwate za politiki y’inda
Impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi, ziturutse mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zirarira ayo kwarika kubera ubuzima bushaririye zibayemo mu nkambi, zikavuga ko zangiwe gusubira iwabo kubera politiki y’inda. Mu Burundi…
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Musenyeri wa Diyosezi Gatolika ya Rubaga, Paul Ssemogerere wagombaga gusoma Misa yo gusengera Kizza Besigye byarangiye atabonetse ndetse irasubikwa, bikekwa ko yabujijwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ni Misa yari…
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye. Iyi…
Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zizakomeza gukwirwakwira mu karere mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu…