Dore ibimenyetso byakwereka ko ufite ikibazo cy’umutima
Muri iki gihe indwara zitandukanye z’umutima zisigaye zibasira abatari kw’isi ndetse no mu Rwanda, ku buryo buri mwaka abantu batari bake bapfa bazize indwara zibasira umutima. Gusa usanga abantu bitiranya…