by
Month: April 2026

Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika
Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye…

Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti
Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo…
by

Abasirikare b’Ababirigi ntibatereranye Abatutsi gusa ahubwo babashyikirije abicanyi – Min. Nduhungirehe
Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuvuga ko Ingabo z’Ababiligi zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni (MINUAR) zatereranye Abatutsi ari ukoroshya inyito kuko ahubwo ibyo bakoze ari…
by

Urupfu rwa Habyarimana rwaciye u Bufaransa umugongo, bwihutira gucyura abenegihugu: Uko Opération Amaryllis yateguwe
Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na…
by

Rurageretse hagati ya Turikiya na Netanyahu, yamwibukije ko afatwa nka Hitler
Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Turikiya yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, amaze igihe ashinjwa ibikorwa nk’ibya Adolf Hitler wateguye ndetse ashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abayahudi. Ku wa…
by

Haiti: Abantu 30 bapfiriye mu muvundo
Abantu bagera kuri 30 bapfiriye mu muvundo wabereye mu marembo y’inyubako ya Citadelle Laferrière iri mu murage w’Isi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO. Ibi byabaye…
by
Recent Posts

Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa

Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi

Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka
















