by
Month: April 2026

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran
Umwuka wa politiki mpuzamahanga wongeye gukomera cyane mu Burasirazuba bwo Hagati, aho Iran iri kwerekana ibimenyetso bivuguruzanya hagati yo kwishimira ibyo yise intsinzi n’ingaruka z’intambara ishobora kongera kubura umutwe mu…

Iran ikoze mu jisho Amerika mu buryo itatekerezaga
Iran, Israel na Amerika bimaze iminsi mike byumvikanye agahenge kagiye kumara hafi iminsi itatu. Uretse aka gahenge ariko banumvikanye ko Iran igomba gufungura umuhora wa Hormuz unyurwamo n’amato menshi atwaye…
by

Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Impeta umurimbo ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uwita uhindura igisobanuro. Nk’uko bitangazwa n’urubuga WWW.RMRS.Com…
by

Nta nyungu tubona mu Batutsi. n’iyo batsinda Abahutu ntibizaramba – Mitterrand, imyaka ine mbere ya Jenoside
Umubano wa Perezida François Mitterrand na Habyarimana Juvénal wagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi wavuzwe kenshi ndetse ibihamya by’uko umwe yari umubyeyi, undi ari umwana na byo si bishya….
by

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 5,500
Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 5 bari bafite ipeti rya Assistant Commissioner of Police bahawe ipeti rya Commissioner of…
by

Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko azayobora RDC indi myaka myinshi mu gihe abatavuga rumwe nawe batabikozwa
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaciye amarenga yo gukomeza kuyobora iki gihugu indi myaka myinshi mu gihe abatavuga rumwe na we bamusaba kutarenza mu 2028. Tshisekedi…
by

Kuki Iran ikomeje kurasa kuri Israel n’abafatanyabikorwa ba Amerika kandi baremeranyije agahenge?
bitero bya misile bikomeje kumvikana mu bice bya Israel no mu birindiro by’abafatanyabikorwa ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ku mpapuro habayeho kwemeranya agahenge k’ibyumweru bibiri hagati ya…
by
Recent Posts

Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa

Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi

Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka
















